• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RNC, ya Kayumba Nyamwasa, yasabye ubufasha, perezida Félix Tshisekedi, bagakuraho ubutegetsi bwa Kigali.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa RNC, washinzwe na Kayumba Nyamwasa, uwo leta ya Kigali, yita umutwe w’iterabwoba, wasabye ubufasha kuri perezida Félix Tshisekedi, uheruka gutangazwa ko yatsinze Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu butumwa uyu mutwe wa RNC, watanze bwo gushimira intsinzi ya perezida Félix Tshisekedi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ikinyamakuru cya “Umuseke,” cyandikirwa i Rwanda, cyatangaje ko RNC, bifuza Tshisekedi, kuba bera “urumuri, mu nzira yo gukuraho perezida Paul Kagame, ku butegetsi.”

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Iki Kinyamakuru, cyakomeje gitangaza ko RNC, bavuga ko Kagame akoresha uburyo bwose ngo acecekeshe amajwi yabatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, no muri RPF.

Uy’u mutwe wa RNC, wabwiye Tshisekedi ko muri manda ye, ya Kabiri, bifuza gukorana nawe byahafi, akababera umuyobozi, bamusezeranya kuzamwereka ubugwaneza, ubushuti n’impuhwe ku banyekongo n’Abanyarwanda.
Ahagana mu mwaka w’2019, RNC ya Kayumba Nyamwasa, ubwo bari mwihuriro ry’imitwe yiswe P5, bagerageje gutera u Rwanda baturutse mu mashamba ya Congo ariko birangira bamwe bafashwe mpiri bajanwa mu nkiko.

Mw’ijambo rya perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ryo gusoza umwaka w’ 2023, Kagame, yavuze ko “abagambirira gushwanyaguza u Rwanda, nibo bizabaho.”

Tu bibutseko perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri (12), umwaka ushize w’ 2023, ko azatera u Rwanda, rwa Paul Kagame.

Bruce Bahanda.

Tags: KagameRNC ya Kayumba NyamwasaUbufasha bagakuraho ubutegetsi bwa KigaliYasabye perezida Félix Tshisekedi

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Hussein Yazbek, umuyobozi wo mu barwanyi ba Hezbollah, yaguye mu gitero cyagabwe n'Ingabo za Israel i Beirut.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC : Incendie à Kingabwa, des interrogations sur le fonctionnement des services de secours
  • RDC: Inkongi y’Umuriro i Kingabwa, Ibibazo ku Mikorere y’Inzego z’Ubutabazi
  • Les déclarations des FARDC sur les combats à Masisi contredisent la réalité sur le terrain
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?