• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 28, 2025
in Conflict & Security
0
Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge
133
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Ikiyaga cya Tanganyika gikomeje kuba ikibazo gikomeye ku bacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge bazicururiza i Kalemi mu ntara ya Tanganyika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazikuye mu gihugu cya Tanzania.

READ ALSO

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

Nk’uko bamwe muri aba bacuruzi b’inka babwiye Minembwe Capital News, bagaragaje ko muri iki cyumweru gishize cyonyine bote zibiri z’inka zarengewe n’amazi.

Muri izo hazama Inka 45, mu gihe izindi 46 zarokotse. Bavuga ko byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu n’ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru, itariki ya 26/10/2025.

Uwavuganaga na Minembwe Capital News yagize ati: “Umutekano mu bisanzwe urahari ino i Kalemi. Ikibazo dufite gusa n’i Cyatanganyika.”

Yakomeje ati: “Iyo aya mazi ya Tanganyika atombotse akabamo umuyaga atuma haba ibibazo tutari twiteze, nko muri kiriya cyumweru gishize ni ko byagenze twakibuzemo Inka 45.”

Uyu yanagaragaje ko atari bwo bwa mbere ibyo biba, ngo kuko byagiye bibabaho kenshi, ndetse ngo hari n’ubwo bitwara n’ubuzima bw’abantu.

Yanavuze kandi ko ahanini ubucuruzi bw’inka usanga muri Kalemi-Tanzania bukorwa n’Abanyamulenge gusa, ariko agaragaza ko hari n’abandi batari benshi babukora bo mu yandi moko.
Bivuze ko atari bo bonyine.

Ikindi yagaragaje n’uko na ziriya bote zigenderamo Inka zabo, usanga zishaje bikaba na byo biri mu bituma impanuka ziyongera.

Hagataho, yavuze ko n’ubwo bafite izo mbogamizi, ariko ntibacitse intege, avuga ko bakomeje ibikorwa bibateza imbere.

Tags: Abacuruzi b'inkaKalemi

Related Posts

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
Conflict & Security

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

September 13, 2026
I Uvira Byakaze: Wazalendo basabye abaturage kugumuka kuri FARDC nyuma y’uko ifunze umwe mu bakomando babo
Conflict & Security

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

September 13, 2026
Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Next Post
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?