• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kagame yavuze ikibazo yobaza Tshisekedi mu gihe boramuka bongeye guhura.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
Kagame yavuze ikibazo yobaza Tshisekedi mu gihe boramuka bongeye guhura.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kagame yavuze ikibazo yobaza Tshisekedi mu gihe boramuka bongeye guhura.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko aramutse ahuye na perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yamubwira ko adakwiye kuba ari perezida wa kiriya gihugu cyiza, kandi ko nibongera guhura agomba kuzabimubwira amaso ku maso.

Nibyo perezida w’u Rwanda yatangaje mu kiganiro yagiranye na Mario Nawfal cyagarutse ku bibazo bimaze igihe mu Burasizuba bwa Congo.

Ibibazo biri mu Burasizuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byanagize ingaruka ku bihugu by’ibituranyi, cyane cyane ku Rwanda, kuko umutekano warwo rimwe na rimwe ubutegetsi bw’i Kinshasa bukorana byahafi n’umutwe wa FDLR bwagiye buhiga kuwuhungabanya, ndetse bakanabuteramo ibisasu, nubwo ruhora ruri maso.

Kagame muri iki kiganiro yavuze ko ikibazo cya FDLR cyaganiriwe kenshi hagati y’u Rwanda n’ubutegetsi bwose bwagiye bubaho muri Congo, burimo n’uburiho ubu buyobowe na Tshisekedi.

Mario Nawfal yanabajije umukuru w’igihugu cy’u Rwanda icyo Tshisekedi yavuze kuri FDLR, maze amusubiza agira ati: “Ndatekereza ko afite ingengabitekerezo ya jenocide. Ni ko mbibona.”

Yamubajije kandi niba yaba yarigeze akimuganiriza, undi nawe amusubiza ko yabimuganirije inshuro nyinshi mbere yuko ibibazo biriho bigera ku rwego biriho ubu.

Kagame avuga ko kugira ngo ubu butegetsi bukemure iki kibazo ahubwo bwiyemeje gukorana n’uyu mutwe wa FDLR mu kwica Abatutsi bo mu Burasizuba bwa Congo, ariko ko bitagarukiye aho ahubwo ko banashaka guteza ibibazo u Rwanda.

Perezida w’u Rwanda avuga ko ikibazo cyarushijeho kuremera aho Tshisekedi abereye umukuru w’igihugu, nubwo inshuro zombi atigeze anatsinda amatora.

Kagame ubwo yageraga kuri iri jambo, nibwo yahise agira ati: “Nakwifuza ko atakabaye ari perezida w’igihugu cyiza cya RDC.”
Ibi yabivuze asubiza Mario Nawfal wari umaze kumubaza icyo yabwira Tshisekedi igihe baramuka bahuriye mu kiganiro cyihariye.

Kagame avuga ko Tshisekedi yazambije ibintu kubera imyitwarire ye, kandi ko ifite n’amateka, aho yahise anatanga urugero ku muryango w’Abataliyani wakoreshaga Tshisekedi i Burayi, watunguwe no kumva ko yabaye umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yasobanuye ko umuryango w’Abataliyani nawo watangajwe no kumva ko Tshisekedi yabaye perezida, ngo kuko urabizi ko imyaka myinshi Tshisekedi yamaze mu Bubiligi, yari umushoferi wa tax (taxi voiture) , ariko ko yahakoze n’ibindi byinshi nk’ibyo, kandi nabwo yari afite imyitwarire mibi.
Yavuze ko Umutaliyani wari waramuhaye ako kazi, kuri ubu ni umusaza, yamukoreraga akazi ko kumujyanira Pizza, avuga ko ubwo uwo mugabo yumvaga iyo nkuru yahise atangara, ati koko uriya utaranakoraga neza, ibindi byo azabishobora!

Tags: KagameRdcTshisekedi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku musirikare w’u Burundi ukomeye wafashwe mpiri na M23.

Ibivugwa ku musirikare w'u Burundi ukomeye wafashwe mpiri na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?