• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Tshisekedi yagize icyo avuga kubijyanye no guhererekanya imfungwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 24, 2025
in Conflict & Security
0
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yagize icyo avuga kubijyanye no guhererekanya imfungwa

You might also like

AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n’Abasirikare Bishwe

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko bazatangira guhererekanya imfungwa na M23 nyuma y’aho umuryango mpuzamahanga wa Croix-Rouge uzaba wa maze ku bitangaho umurongo.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ku wa kabiri w’iki cyumweru turimo.

Yagize ati: “Rwose dutegereje ko Croix-Rouge iduha uburenganzira kugira ngo duhererekanye imfungwa.”

Mu mezi make ashize nibwo guverinoma ya RDC n’umutwe wa M23 byemezanyije guhererekanya imfungwa nka bumwe mu buryo burema icyizere ku biganiro impande zombi zikomeje kugirana ahanini ku bibera i Doha muri Qatar.

M23 ivuga ko Kinshasa yanze kurekura imfungwa zibarirwa muri 700 ifunze za yo. Ariko iyi Leta ikagaragaza ko yiteguye kuzirekura, mu rwego rwo kugira ngo ibiganiro bikomeze.

Tags: Guhererekanya imfungwaM23/RDCTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare

Kuva ku Rugamba rwa AFDL Kugeza kuri MRDP-Twirwaneho: Ubuzima n’Amateka ya Colonel Mufoko “Injenieur de Combat” Wubakiye ku Bumenyi bw’Igisirikare MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Colonel Mufoko, uzwi cyane...

Read moreDetails

DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations

. . . . DRC Confirms National Dialogue for Congolese, Excludes AFC/M23; Announces Progress in Preparations MINEMBWE CAPITAL NEWS The Government of the Democratic Republic of the Congo...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n’Abasirikare Bishwe

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n’Abasirikare Bishwe

Imirwano Ikomeye i Lulenge: MRDP-Twirwaneho Ivuga ko Yafashe Kimete, Haravugwa Intwaro Nyinshi n'Abasirikare Bishwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uravuga ko wafashe agace ka Kimete, kamwe...

Read moreDetails

Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose — Ibindi Birambuye kuri iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose — Ibindi Birambuye kuri iyi Nkuru

Igisirikare cya FARDC n’icy’u Burundi Cyahuye n’Imbaraga Zimiriza Izindi mu Mirwano Zahuriyemo na MRDP-Twirwaneho mu Misozi ya Minembwe; Uyu Mutwe Uvuga ko Bahuye n’Isomo Batazibagirwa Ibihe Byose —...

Read moreDetails

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?