• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Tshisekedi yagize icyo avuga kubijyanye no guhererekanya imfungwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 24, 2025
in Conflict & Security
0
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yagize icyo avuga kubijyanye no guhererekanya imfungwa

You might also like

U Busuwisi Bugiye Kwakira Indi Nshuro y’Ibiganiro Hagati ya Kinshasa na AFC/M23 Mu Gihe Agahenge Katarubahirizwa ku Rugamba

Les Déclarations des FARDC sur les Combats en Cours à Minembwe Contredites par les Informations Provenant du Front

Ibyatangajwe na FARDC ku Ntambara iri Kubera mu Minembwe Byavugurujwe n’Amakuru Ava ku Rugamba

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko bazatangira guhererekanya imfungwa na M23 nyuma y’aho umuryango mpuzamahanga wa Croix-Rouge uzaba wa maze ku bitangaho umurongo.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ku wa kabiri w’iki cyumweru turimo.

Yagize ati: “Rwose dutegereje ko Croix-Rouge iduha uburenganzira kugira ngo duhererekanye imfungwa.”

Mu mezi make ashize nibwo guverinoma ya RDC n’umutwe wa M23 byemezanyije guhererekanya imfungwa nka bumwe mu buryo burema icyizere ku biganiro impande zombi zikomeje kugirana ahanini ku bibera i Doha muri Qatar.

M23 ivuga ko Kinshasa yanze kurekura imfungwa zibarirwa muri 700 ifunze za yo. Ariko iyi Leta ikagaragaza ko yiteguye kuzirekura, mu rwego rwo kugira ngo ibiganiro bikomeze.

Tags: Guhererekanya imfungwaM23/RDCTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

U Busuwisi Bugiye Kwakira Indi Nshuro y’Ibiganiro Hagati ya Kinshasa na AFC/M23 Mu Gihe Agahenge Katarubahirizwa ku Rugamba

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
U Busuwisi Bugiye Kwakira Indi Nshuro y’Ibiganiro Hagati ya Kinshasa na AFC/M23 Mu Gihe Agahenge Katarubahirizwa ku Rugamba

U Busuwisi Bugiye Kwakira Indi Nshuro y’Ibiganiro Hagati ya Kinshasa na AFC/M23 Mu Gihe Agahenge Katarubahirizwa ku Rugamba Mu gihe ibikorwa by’intambara bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Les Déclarations des FARDC sur les Combats en Cours à Minembwe Contredites par les Informations Provenant du Front

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Les Déclarations des FARDC sur les Combats en Cours à Minembwe Contredites par les Informations Provenant du Front

Les Déclarations des FARDC sur les Combats en Cours à Minembwe Contredites par les Informations Provenant du Front Alors que les Forces Armées de la République Démocratique du...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na FARDC ku Ntambara iri Kubera mu Minembwe Byavugurujwe n’Amakuru Ava ku Rugamba

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Ibyatangajwe na FARDC ku Ntambara iri Kubera mu Minembwe Byavugurujwe n’Amakuru Ava ku Rugamba

Ibyatangajwe na FARDC ku Ntambara iri Kubera mu Minembwe Byavugurujwe n’Amakuru Ava ku Rugamba Mu gihe Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kwigarurira...

Read moreDetails

LE COLONEL MAYELE RETROUVÉ VIVANT APRÈS UNE TENTATIVE PRÉSUMÉE DE SUICIDE, MAIS DANS UN ÉTAT CRITIQUE

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
LE COLONEL MAYELE RETROUVÉ VIVANT APRÈS UNE TENTATIVE PRÉSUMÉE DE SUICIDE, MAIS DANS UN ÉTAT CRITIQUE

LE COLONEL MAYELE RETROUVÉ VIVANT APRÈS UNE TENTATIVE PRÉSUMÉE DE SUICIDE, MAIS DANS UN ÉTAT CRITIQUE Alors que des informations diffusées mardi annonçaient le décès du colonel Mayele,...

Read moreDetails

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE Mu gihe amakuru yatangajwe ku wa Kabiri yavugaga ko Colonel Mayele, uzwi cyane ku izina rya Makelele, yitabye...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?