• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda ruvuga ko kuba SADC na Monusco bikorana na FDLR ari ikibazo.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda ruvuga ko kuba SADC na Monusco bikorana na FDLR ari ikibazo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwatangaje ko biteye ikibazo kuba ingabo za SADC na Monusco bikorana na FDLR.

You might also like

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Ni byatangajwe n’umuvugizi w’u Rwanda w’ungirije Alain Mukuralinda, ubwo yagiranaga ikiganiro na Bwiza TV.

Kuba ingabo z’ibihugu bitandukanye zarakoranye amasezerano y’u bufatanye na leta ya perezida Félix Tshisekedi, nta kibazo biteye ku Rwanda, ariko k’urundi ruhande kuba bakorana n’umutwe ufite intego yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, waranabigerageje, wana bikoze ubigambiriye, byo biteye ikibazo.

Yagize ati: “Ntekereza y’uko ndanahamya y’uko ari nacyo kibazo Guverinoma y’u Rwanda yakomeje kuvuga ko kigomba gukemuka.”

Yavuze kandi ko hari ubwo bahakana ko nta FDLR iba ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ndetse n’abayobozi bakuru batandukanye b’iki gihugu bamwe bakavuga ko ari abantu bashaje, abandi bakavuga ko ari nta ngenga bitekerezo bakigira , abandi bakavuga ko ari abantu bamabandi bari aho.

Ati: “Bamara kuvuga ibyongibyo, ubwo FDLR abayiyobora na bo bagahamagara ku maradiyo mpuzamahanga bati tarahari, turi hano dufite imbunda, bo bavuga ko ari ukurinda impunzi n’uburengenzira bwa zo, perezida w’u Rwanda aheruka kuvuga ati naganiriye na mugenzi wanjye wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Nama runaka ndamubaza nti ese uzi ko aba FDLR bahari abanza guhakana ati uhakana gute kandi uzi neza ko bari aha n’aha bafite ahantu runaka bashizeho bariyeri basoresha ageze aho arabyemera.”

Yakomeje agira ati: “Ibyo rero byo rwose biteye impungenge kuba igihugu cyagirana amasezerano n’ikindi gihugu n’undi muryango mu bufatanye bavuga ko bugamije kugarura umutekano muri kariya karere hanyuma hakaza kwiyongeraho n’umutwe nk’uwo bizwi neza ko ugamije gutera cyangwa guhungabanya umutekano w’u Rwanda.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ari ikibazoKuba bakorana na FDLRMonuscoRdcSADCU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations Le président de la République démocratique du Congo, Félix Tshisekedi, a reçu l’émissaire spécial du...

Read moreDetails

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails
Next Post
Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zinjiye mu kaga.

Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru, ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zinjiye mu kaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?