• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuhanzi Gallas Bihozagara, wari watawe muri yombi n’urwego rushinzwe umutekano mu gihugu cya Kenya, yarekuwe.

minebwenews by minebwenews
May 21, 2024
in World News
6
Umuhanzi Gallas Bihozagara, wari watawe muri yombi n’urwego rushinzwe umutekano mu gihugu cya Kenya, yarekuwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanzi w’indirimbo z’ikinyamulenge, Jack Bihozagara, wa mamaye ku mazina ya Gallas yavuye mu maboko ya polisi, nyuma y’uko yari ya mutaye muri yombi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana isaha z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 19/05/2024, nibwo abashinzwe iperereza ryo mu gihugu cya Kenya bataye muri yombi uyu muhanzi w’indirimbo z’ikinyamulenge, Gallas, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Abanyamulenge baturiye ibyo bice.

Bavuga ko uyu muhanzi yatawe muri yombi mu gihe yari arangije umuhango wo ku murika umushinga we wa Gallas Foundation, uwo avuga ko ari uwo gufasha Abanyamulenge batishiboye.

Nk’uko babisobanuye n’uko iki kirori cyo ku murika umushinga wa Gallas Foundation, cyari cyateguriwe mu busitani bwa Stardom Hotel, iherereye i Kasalani ho mu mujyi wa Nairobi, mu gihugu cya Kenya. Kandi ko cyatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi.

Ay’amakuru akomeza avuga ko ubwo uyu muhango wari urangiye CID za Kenya zahise zimufata zimusaba kurira imodoka, zimwerekeza kuri Kasalani polici Station, aha akaba ari hafi yaho bakunzwe kwita TRM. Nta kuzuyaza Gallas Bihozagara yahise yinjirana n’aba CID mu mudoka, aho yakagerega imbere ya polisi, nayo yahise itangira ku muhata ibibazo.

Umwe mu bakunzi ba Gallas wari aho hafi yarimo ahatigwa ibibazo yahaye Minembwe Capital News ubuhamya bugira buti: “Bihozagara, Polisi ya mu bwiye ko hari abagabo bamushinja ubwicanyi, ko kandi n’ubu hari abo ahigira kwica.”

Ubu buhamya bukomeza bugira buti: “Bihozagara yarisobanuye, agaragaza ko ibyo ashinjwa ari ishyari yagiriwe. Kandi yavuze ko we afite umushinga wo gufasha abatishoboye wa Gallas Foundation, bityo ko uwo mushinga ari wo wateye aba mugiriye ishyari ku murega ibinyoma.”

Ubuhamya busoza buvuga ko Polisi imaze kumva ukwiregura kwa Gallas Bihozagara, nayo yatesheje agaciro ibyo uyu muririmbyi yaregwaga.

Ay’amakuru anavuga ko uyu muririmbyi atamaze umwanya ungana n’isaha mu ma maboko ya polisi; kuko yahise are kurwa ako kanya.

                 MCN.
Tags: Gallas Bihozagarayarekuwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Impuruza ku ngabo z’u Burundi ziri gupfira gushira, mu ntambara zagiye gufashamo Igisirikare cy’igihugu cya leta ya Kinshasa, kurwana na M23.

Impuruza ku ngabo z'u Burundi ziri gupfira gushira, mu ntambara zagiye gufashamo Igisirikare cy'igihugu cya leta ya Kinshasa, kurwana na M23.

Comments 6

  1. outdoor signwriting Melbourne says:
    1 year ago

    When I originally commented I clicked the “Notify me when new comments are added” checkbox and now each time a comment is added I get several e-mails with the same comment. Is there any way you can remove people from that service? Appreciate it!

  2. rust cheats says:
    1 year ago

    I have seen many useful issues on your web page about computer systems. However, I’ve the thoughts and opinions that laptops are still more or less not powerful enough to be a good selection if you generally do things that require loads of power, such as video croping and editing. But for net surfing, word processing, and most other frequent computer work they are just fine, provided you cannot mind small screen size. Appreciate sharing your opinions.

  3. moving services says:
    1 year ago

    When I initially commented I clicked the “Notify me when new comments are added” checkbox and now each time a comment is added I get three e-mails with the same comment. Is there any way you can remove people from that service? Bless you!

  4. Diddy hidden videos says:
    1 year ago

    Thank you for the sensible critique. Me & my neighbor were just preparing to do some research about this. We got a grab a book from our local library but I think I learned more clear from this post. I’m very glad to see such wonderful information being shared freely out there.

  5. learn more says:
    1 year ago

    Just want to say your article is as astonishing. The clarity in your post is just nice and i could assume you’re an expert on this subject. Fine with your permission allow me to grab your feed to keep up to date with forthcoming post. Thanks a million and please carry on the rewarding work.

  6. click here says:
    1 year ago

    One other thing I would like to convey is that instead of trying to accommodate all your online degree training on times that you conclude work (because most people are tired when they come home), try to find most of your classes on the week-ends and only one or two courses on weekdays, even if it means taking some time away from your saturdays. This pays off because on the saturdays and sundays, you will be far more rested in addition to concentrated upon school work. Thanks a bunch for the different recommendations I have acquired from your blog site.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?