• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umubare w’ingabo z’u Burundi na FARDC zaguye ku rugamba mu Rwitsankuku wamenyekanye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zasesekaye ku bwinshi mu Bibogobogo mu rugamba rwo guhangana na Twirwaneho na M23
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare w’ingabo z’u Burundi na FARDC zaguye ku rugamba mu Rwitsankuku wamenyekanye

Umubare w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi zaguye mu mirwano iherutse kubera mu Rwitsankuku watangiye kujya ahabona, nk’uko byatangajwe n’umwe mu basirikare bo mu mutwe wa Twirwaneho.

READ ALSO

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

Uyu musirikare, utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu z’umutekano, yabwiye Minembwe Capital News ko muri iyo mirwano yabaye ku wa Kane tariki ya 6/11/2025, babonye imirambo 85 y’abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC ndetse bafata n’intwaro nyinshi zirimo imbunda nini n’amasasu menshi.

Yagize ati: “Njye ubwanjye nabonye imirambo yabo 85. Ariko hari n’abandi baguye mu mashyamba, aho tutigeze tugera neza.” Yakomeje avuga ko “Rwitsankuku izengurutswe n’ibisambu byinshi, avuga ko abenshi babiguyemo imirambo yabo ntiyaboneka.”

Yongeyeho ko n’ubwo uru rugamba rwari rukomeye, umutwe wa Twirwaneho wafashe ibikoresho bikomeye bya gisirikare, bikaba byabafasha gukomeza urugamba igihe kirekire. Ati: “Twafashe amasasu menshi, dushobora kuzarwanisha imyaka nk’icumi.”

Rwitsankuku yari imwe mu birindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC muri Kivu y’Amajyepfo. Uru rugamba rugaragaza isura y’imirwano ikomeje gufata indi ntera mu misozi y’i Mulenge, aho imitwe irwanya ubutegetsi ikomeje kwigarurira ibice bitandukanye.

Uyu musirikare yasoje agira ati: “Aha ni ho ingabo za Leta n’iz’u Burundi zahuriye n’isomo rikomeye. Zahawe ibwiriza zitazibahirwa n’ikindi gihe.”

Ibikorwa by’intambara muri aka gace bikomeje kugirana ingaruka ku baturage, by’umwihariko mu bijyanye n’umutekano, ubuhunzi n’iyangirika ry’ibikorwaremezo.

Tags: Ingabo z'u BurundiRwitsankuku

Related Posts

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
Conflict & Security

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

September 13, 2026
I Uvira Byakaze: Wazalendo basabye abaturage kugumuka kuri FARDC nyuma y’uko ifunze umwe mu bakomando babo
Conflict & Security

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

September 13, 2026
Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Next Post
“Ukuboko kw’Imana kugiye kubagaragarira,”-Umuvugabutumwa Olivienne

"Ukuboko kw’Imana kugiye kubagaragarira,"-Umuvugabutumwa Olivienne

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?