• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umukuru w’igihugu cya Angola yaganiriye na perezida w’u Rwanda n’uwa RDC.

minebwenews by minebwenews
October 19, 2024
in Uncategorized
0
Umukuru w’igihugu cya Angola yaganiriye na perezida w’u Rwanda n’uwa RDC.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Angola yaganiriye na perezida w’u Rwanda n’uwa RDC.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Perezida João Lourenço wa Angola kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19/10/2024 yakoranye ikiganiro na perezida Paul Kagame w’u Rwanda ndetse na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo hifashishijwe telefone ngendanwa.

Ni ibiganiro byagarutse ku buryo bwo kugarura amahoro n’umutekano mwiza mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini by’ibandaga ku biganiro bikunze kubera i Luanda muri Angola bihuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

Iki kiganiro cya bakuru b’ibihugu, cyakozwe mu gihe tariki ya 12/10/2024, ba minisitiri b’ubanye n’amahanga b’u Rwanda na RDC bari i Luanda mu nama ya gatanu yo kurwego rwa ba minisitiri, igamije gushaka amahoro mu karere.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe muri iyo nama, yagaragaje icyakorwa kugira ngo amahoro muri RDC agaruke. Anavuga ko Kinshasa idakwiye kugereka umutwaro wayo ku bandi ko ahubwo ikwiye kubanza kumva ikibazo ko ari cyabo.

Yongeye kandi gushimangira ko gusenya FDLR igikorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) bigomba gukorwa kuko uyu mutwe wakomeza gukwirakwiza ingengabitekerezo ya jenoside mu karere.

Avuga kandi ko ibihugu bya Afrika byohereje ingabo muri RDC birimo u Burundi, Abacanshuro b’Abanyaburayi, bigomba gutekereza kabiri mu kohereza ingabo mu Burasirazuba bwa RDC kuko bituma iki kibazo kirushaho gukomera.

Minisitiri Nduhungirehe avuga ko Congo ikwiye kugira ubushake bwa politiki mu gushyira mu bikorwa intambwe zose zatewe mu gukemura iki kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kandi ko u Rwanda rwiteguye gukomeza gutanga ubufasha.

Leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, na none narwo rukayishinja gukorana n’uyu mutwe wa FDLR, gusa impande zombi ntizemera ibi birego.

Iyi nama igira igatanu y’abaminisitiri b’ubanye n’amahanga yanasabye umuhuza gutegura umushinga w’ibyakorwa mu gushyira mu ngiro ziriya ngingo zaganiriweho, ngo nyuma inzobere zikazaterana tariki ya 30/10/2024 kugira ngo zige kuri uwo mushinga w’umuhuza, nk’uko biri mu byumvikanyweho muri iyo nama y’abaminisitiri iheruka.

Nyuma aba baminisitiri bozongera baterane, ku itariki izagenwa, kugira ngo bige kuri raporo y’inzobere ku byo zizaba zabonye ku mushinga w’ibikorwa byatanzwe n’umuhuza.

Biteganijwe ko abaminisitiri b’ubabanye n’amahanga nibabyemeza imbere y’umuhuza ari yo Angola, abakuru b’ibihugu, u Rwanda na RDC bazasinya amasezerano ya mahoro ko agomba gushyirwa mu bikorwa.

Tu bibutsa ko perezida wa Angola, João Lourenço ni we muhuza mu bibazo by’u Rwanda na Congo Kinshasa ibihugu bimaze igihe bitarebana neza, akaba yarashyizweho na komisiyo y’umuryango wa Afrika y’unze ubumwe.

           MCN.
Tags: AngolaRdcU Rwanda
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Kubaho ku mutwe wa Red-Tabara gusigariye mu biganza by’Imana nyuma yo gukubitwa ahababaza.

Kubaho ku mutwe wa Red-Tabara gusigariye mu biganza by'Imana nyuma yo gukubitwa ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?