• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi yumvikanye arimo gutukana mu kiganiro yaraye akoze, i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi yumvikanye arimo gutukana mu kiganiro yaraye akoze, i Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 23/02/2024 yatanze ikiganiro ku banyekongo kirimo ibitutsi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ikiganiro yagiriye kuri terevisiyo y’igihugu ya RTNC, i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Nk’uko bigaragara bwana Félix Tshisekedi, iki kiganiro yagikoranye na banyamakuru, aho ndetse yabanjye kwa kirwa na minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinema Patrick Muyaya, ari nawe wabanjye kwiyegereza umukuru w’igihugu.

Patrick Muyaya yiyigereje umukuru w’igihugu maze avuga ko “Iri joro riraza kuba amateka.”

Mu ijambo ry’umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi yagarutse ku mutwe wa M23 umaze imyaka irenga ibiri uhanganye n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho iki gisirikare kiri kumwe n’ingabo za mahanga zaje kubafasha ku rwanya M23, avuga ko atazigera aganira n’uwo mutwe yise “ibijongororwa.”

Yagize ati: “Ntabwo nshaka ibiganiro n’ibijongororwa, byiyita M23, aba sa banyekongo ni nayo mpamvu banga gusubira mubuzima busanzwe.”

Uyu mukuru w’igihugu yavuze ko ingabo ze zizatsinda iy’i ntambara ngo kuko nta kibi bakoze, “insinzi turayifite kuko nta kibi twakoze cyatuma tudatsinda.”

Yakomeje avuga ko ubutegetsi bwe butazigera buganira n’umutwe wa M23, yageze naho atanga urugero ko M23 yigeze kohereza intumwa mugihe cya minisitiri Gilbert Kankonde, bamusaba kuganira nawe, perezida Félix Tshisekedi arabyanga.

Ati: “Ntabwo nzigera mvugana n’u mutwe wa M23, hari n’intumwa zabo nirengagije, igihe cya minisitiri Gilbert Kankonde, icyo gihe bansabye kuza kubonana nabo ariko narabyanze.”

Muri iki kiganiro umunyamakuru ya muteye ikibazo abaza ati: “Kubera iki leta ya Kinshasa itemera ibiganiro n’umutwe wa M23?”

Iki kibazo perezida Félix Tshisekedi yasubije avuga ko M23 itabaho ngo kuko haba u Rwanda.

Ati: “RDC ya byanze kubera ko u Rwanda rwihishe inyuma ya M23. U Rwanda nirwo rwihishe inyuma yo gusahura no kwica. Nemere kuganira n’u Rwanda kubera iki rukomeza kuzana intambara!”

Mu gusoza iki kiganiro, umukuru w’igihugu cya RDC yashimiye Wazalendo avuga ko ari intwari z’igihugu, ndetse avuga ko bagomba kuza bashimirwa .

Ati: “Wazalendo n’abagabo bo kubahwa, bo gushimirwa, kandi n’intwari.”

Iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yagikoze mu gihe ibihugu bya mahanga, harimo n’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, byari bikomeje ku mwotsaho igitutu bimusaba kuganira n’u Rwanda, ndetse n’u mutwe wa M23 kugira ngo umwuka wa makimbirane urangire.

Ibihugu birimo Amerika, u Bufaransa, u Bubiligi, bya komeje kwereka perezida Félix Tshisekedi ko amahoro ya Congo atazazanwa no gukoresha imbaraga za gisirikare ko ahubwo ibiganiro aribyo muti wa mahoro arambye.

Ni nyuma y’uko mu Cyumweru gishize M23 ihanganye n’ihuriro ry’Ingabo za Tshisekedi, yari yafashe ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, ndetse iza no kwigarurira imihanda ihuza ziriya za teritware n’u Mujyi wa Goma.

U Mujyi wa Goma usigara hagati nk’ururimi, ndetse utandukanwa n’ibindi bice bigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, Kugeza ubu abanyegoma barataka inzara icyumweru gishize inzara iri kuvuza ubuhuha.

MCN.

Tags: M23Perezida wa RDCYakoze ikiganiro y'umvikanye arimo gutukana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Cornelle Nangaa bwa mbere agaragara mu mwambaro wa gisirikare, maze atangaza kandi gushiraho akadomo kanyuma u butegetsi bwa Kinshasa.

Cornelle Nangaa bwa mbere agaragara mu mwambaro wa gisirikare, maze atangaza kandi gushiraho akadomo kanyuma u butegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?