• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamulenge, Bisetsa mwene Zaburoni, yishwe na Wazalendo, ku Bwegera, azira ubwoko bwe Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihe c’isaha za samoya(19h), z’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, wo kw’itariki 19/12/2023, ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hishwe Umunyamulenge arashwe na Wazalendo, abo Perezida Félix Tshisekedi, yifashisha mu kwica abo yise abanzi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Byavuzwe ko uwishwe ari umusore uri mukigero cyimyaka 27 y’amavuko, azwi kw’izina rya Bisetsa akaba mwene Zaburoni, bari basanzwe batuye ku Bwegera.

Ubuhamya bwatanzwe n’umwe mu baturage ba Banyamulenge, baturiye ako gace, yagize ati: “Bisetsa yishwe arashwe. Ba murashe isasu rimwe mu mutwe ahita arangiza.”

“Abamwishe ni Wazalendo, bamusanze iwabo murugo.”

Perezida Félix Tshisekedi, umukandinda mu matora asigaje isaha zike abanyekongo bagatora, ubwo yageraga Uvira na Makobola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabwiye abanyekongo ko igihe kigeza ngo yiyicire abo yise abanzi b’igihugu. Hari aba bona ko abo banzi b’igihugu Tshisekedi avuga ko boba ari Abanyamulenge, nimugihe Umunyamulenge apfa muri RDC ntihagire inkurikizi kubakoze ubwicanyi leta ya Kinshasa ikabisigaho nkaho hapfuye inyamanswa.

Ibi byagaragaye ku basirikare bagiye bapfa bishwe imfu zagashinyaguro aho bazira ubwoko bwabo Abatutsi. Tariki 09/11/2023, i Goma, hiciwe umusirikare wa FARDC, uvuka mu banyamulenge, Lt Kabongo Rukatura, yicwa atwitswe.

Ahagana mu mwaka w’2021, i Lweba muri teritware ya Fizi, hishwe Major Joseph Kaminzobe, wakuwe mubandi basirikare ba FARDC aricwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

N’ikenshi uwahoze ari minisitiri w’iterambere Justin Bitakwira Bihona, yagiye y’umvika yita Abanyamulenge, “ubwoko bw’Inzoka,” ubundi akabita “Abanyarwanda.”

Bitakwira, kandi ntasiba kwigamba ko Tshisekedi begerana cyane aho amuganiriza ku kwanga abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ibi biri mu byatumye Tshisekedi yiyegereza Wazalendo kugira bazamwicire Abanyamulenge nk’uko aheruka kubitangariza i Makobola no mu Mujyi wa Uvira.

Bruce Bahanda.

Tags: azira ubwoko bwe AbatutsiBisetsa mwene ZaburoniBwegeraUmunyamulengeYishwe na Wazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Abarinyuma y'ubwicanyi n'Ishimutwa bikorerwa abanyekongo ba Banyamulenge ku Bwegera, bamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?