• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umzalendo, Colonel Toronto, wigambye kwica Abanyamulenge, yongeye ku batangariza amahoro, mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umzalendo, Colonel Toronto, wigambye kwica Abanyamulenge,mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yongeye gutangaza amahoro mu Banyamulenge.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 03/01/2024, ahagana isaha za saatatu(9:00Am), z’igitondo, n’ibwo mu Bibogobogo, hageze Intumwa( delegation), yoherejwe na Colonel Toronto, batangariza, abaturage ba Banyamulenge, kugira amahoro no gutekana.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Byavuzwe ko ziriya ntumwa za Colonel Toronto, zaje ziyobowe n’umuvugizi w’umutwe w’inyeshamba uyobowe na Toronto, iyo ntumwa, yitwa Wilondja William, bageze mu Muhana wa Bibogobogo, uri mu bilometre 9 na Baraka, maze ba bwira abaturage ba Banyamulenge, ati: “Turi intumwa za Colonel Toronto, tuje kubabwira ngo mugire amahoro kandi mutekane.”

Bongeye gusaba Abanyamulenge kwibagirwa ibya kera.

Ati: “Ibyakera tubyibagirwe, murabizi neza ko Colonel Toronto, ariwe wishe Abanyamulenge bo mu Bibogobogo, barimo umudamu witwa Nyamasoso, wiciwe i Baraka, avanwe mu Bibogobogo. Usibye no kwica Toronto, na barwanyi be nibo basamburiye Abanyamulenge,bo mu muhana wa Nyagisozi, ariko ubu tuje kugira tubashakire amahoro.”

Amakuru avuga ko kandi, Colonel Toronto, ubwe, kuri uyu wa Gatatu, yakoresheje meeting, ahitwa mu Bivumu, asaba Wazalendo n’abandi bahoraga biba no kunyaga, Inka, z’Abanyamulenge, abasaba kutazongera gukora urwo rugomo.

Uy’u Mzalendo, wiyita Colonel Toronto, avuka mu misozi ya Bibogobogo, mu bwoko bw’Abembe, bo ku Kagugu,mu misozi yo mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi. Toronto, yahoraga mu mutwe wa Maï Maï, irwanya Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Bruce Bahanda.

Tags: Umzalendo Colonel Toronto wigambye kwica AbanyamulengeYongeye kubatangariza amahoro

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Umuvugizi wa M23, yahishuye ibikomeye umutwe wa M23, uri gukora, n'ibyo bagiye gukorera ubutegetsi bw'i Kinshasa, vuba aha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro
  • RDC: Imirwano Ikomeye muri Masisi na Kalehe, Abaturage Batangiye Guhunga Imihana Yabo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?