• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Undi musirikare muri RDC uri mubari batangiye kubaka izina, yatorotse.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in Regional Politics
0
Undi musirikare muri RDC uri mubari batangiye kubaka izina, yatorotse.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi musirikare muri RDC uri mubari batangiye kubaka izina, yatorotse.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya Captain, niwe watorotse igisirikare cy’iki gihugu nyuma yokugaya imiyoborere yacyo.

Uyu musirikare azwi ku mazina ya Joseph Nyembo, avuka mu cyahoze cyitwa Katanga, mu bice bya Lubumbashi. Akaba ari umukwe w’Abanyamulenge, aho yashatse umukobwa wabo, uvuka mu murara w’Abaheto.

Imyaka myinshi yagiye akorera akazi ke ka gisirikare mu misozi miremire y’Imulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Captain Joseph Nyembo, usibye kuba yarashatse umukobwa w’Umunyamulenge anakorera igihe kirekire mu karere k’i Mulenge, ababanye nawe ba bwiye Minembwe.Com ko avuga n’ururimi rw’ikinyarwanda ndetse n’igiswahili cyane.

Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 24/10/2024, nibwo amakuru yamenyekanye ko Captain Nyembo yacitse igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ya mbuka imipaka y’iki gihugu.

Aya makuru anavuga ko uyu musirikare ko yaba yaragiye kw’ifatikanya n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimwe cyo, umusirikare wa FARDC wavuganye na Minembwe.Com, ariko asaba ko amazina ye adatangazwa, yahamije ko amakuru y’uyu musirikare yayaherutse akimara kwambuka umupaka wa Rusizi, kandi ko yari afite kubanza kuja Uganda akabona kwambuka i Bunagana ku cyicaro gikuru cya politiki cy’umutwe wa M23/AFC.

Captain Joseph Nyembo yacitse igisirikare cya Leta ya Kinshasa, avuye muri Regima ifite icyicaro gikuru i Luningu ho muri teritware ya Uvira. Yari asanzwe ari S2 w’ungirije muri iyi regima.

Mu byatumye atoroka iki gisirikare cya FARDC, twabwiwe ko yagiye atotezwa cyane, azira kuba avugana kenshi n’Abanyamulenge bazwiho ko bagambanirwa mu Burasirazuba bwa RDC bakicwa, abatishwe bagafungwa, ikindi n’uko avuga ururimi rwabo(ikinyamulenge), ndetse ahagana mu kwezi kwa Cyenda uyu mwaka, Nyembo yafunzwe iminsi irenga 30, afungiwe kuri Bureau 2 ya sector ya Uvira.

Kuba Captain Nyembo yaratorotse igisirikare cya RDC, si igicyitsi, kuko abamaze ku gitoroka n’ibenshi cyane, ndetse harimo n’abafite amapeti yo hejuru, nka Col Makanika wagitorotse ahagana mu mwaka w’ 2019, Col Sematama n’abandi benshi. Abenshi muraba bagitorotse kubera kugaya imiyoborere yacyo mibi irimo kuba iki gisirikare gikorana byahafi n’imitwe yitwaje imbunda izwiho kwica abasivile no kunyaga ibyabaturage, nka FDLR yirirwa yica abavuga ururimi rw’ikinyarwanda na Maï Maï inyaga Inka z’Abanyamulenge ikanabasenyera udasize kubica.

Tags: Captain NyamboFardcYatorotse
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n’Amerika ku kibazo cya Israel.

Ibyo wa menya ku biganiro byahuje Liban n'Amerika ku kibazo cya Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?