• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Undi musirikare ukomeye wo muri FARDC yitandukanyije nayo yiyunga na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Nyuma ya Minembwe, Twirwaneho yigaruriye ikindi kigo cya FARDC gikomeye.
214
SHARES
5.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi musirikare ukomeye wo muri FARDC yitandukanyije nayo yiyunga na Twirwaneho.

Ni umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel, akaba ari uwo mu bwoko bw’Abanyamulenge witwa Mutebutsi Macyunda, ni we witandukanyije n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fardc, yiyunga na Twirwaneho, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Lt.Col. Macyunda yari akuriye batayo y’ingabo za Fardc Kuwumugethi. Aka gace gaherereye muri grupema ya Bijombo, ahazwi nk’i Ndondo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo.

Aha’rejo tariki ya 27/02/2025, nibwo uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel yakiriwe muri Twirwaneho mu Bijabo, avuye muri Fardc ikorera muri ibi bice by’i Ndondo ya Bijombo.

Macyunda agiye akurikira Major Mugemanyi nawe uheruka kwitandukanya n’igisirikare cya RDC aja muri Twirwaneho.

Si aba bonyine kuko hari n’abandi benshi biyunze n’uyu mutwe batorotse FARDC. Twavuga nka ba Major Mudacyogora n’abandi.

Ahanini aba basirikare bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bavuga ko impamvu bitandukanya n’ingabo za Leta y’iki gihugu ngo ni uko ari yo igira uruhare runini mu itoteza rikorerwa Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyamulenge rufitanye isano ryahafi n’ikinyarwanda.

Uyu musirikare yiyunze na Twirwaneho mu gihe uyu mutwe wari uheruka gufata ibice byinshi byo mu Cyohagati, nyuma yuko yari yafashe Minembwe na Mikenke.

Ikindi n’uko kandi uyu mutwe wari uheruka gutangaza ku mugaragaro ko uvuye mubyo kwirwanaho ngo ukaba ugiye kurwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa. Kandi ko uzaruhuka ari uko wakuyeho perezida Felix Tshisekedi.

Tags: BijaboFardcMacyundaTwirwanehoYitandukanyije

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Avugwa ku mirongo y'urugamba hagati y'ingabo z'u Burundi na m23 mu Kibaya cya Rusizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Ibitero bya Drone mu Rugezi Mu gihe FARDC, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi Bavugwaho Imyiteguro ya Gisirikare
  • RDC : Incendie à Kingabwa, des interrogations sur le fonctionnement des services de secours
  • RDC: Inkongi y’Umuriro i Kingabwa, Ibibazo ku Mikorere y’Inzego z’Ubutabazi
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?