• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa ku mirongo y’urugamba hagati y’ingabo z’u Burundi na m23 mu Kibaya cya Rusizi.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku mirongo y’urugamba hagati y’ingabo z’u Burundi na m23 mu Kibaya cya Rusizi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Epfo, ahamya ko ingabo z’u Burundi ziri koherezwa cyane muri ibyo bice no mu Kibaya cya Rusizi, kugira ngo zihagarike m23 idafata icyo gice giherereye mu birometero 27 uvuye mu murwa mukuru w’ubukungu (Bujumbura) w’igihugu cy’u Burundi.

Ni amakuru ahamya ko abasirikare b’u Burundi benshi bari ahitwa i Luvungi mu Kibaya cya Rusizi, aho barebana byahafi n’abarwanyi bo muri m23 bari mu birometero 10 gusa uvuye ku birindiro by’uyu mutwe.

Aya makuru ahamya ko abasirikare b’u Burundi bari muri iki gice, abenshi bari mubahunze i Bukavu ubwo m23 yahafataga ku itariki ya 14/02/2025, abandi bakaba barahoherejwe vuba bavuye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Ndetse kandi aya makuru ahamya ko Jean Pierre Bemba wahawe kuyobora urugamba rwo kurwanya m23, avuye i Bujumbura aho yari amaze iminsi akaba yaraganiriye n’abayobozi batandukanye bakomeye bo muri iki gihugu barimo na perezida Evariste Ndayishimiye. Urwo ruzinduko rw’uyu mutegetsi w’i Kinshasa rwari rugamije gusaba iki gihugu kohereza izindi ngabo kuja guhagarika m23 idafata Uvira.

Nk’uko aya makuru abisobanura nuko Jean Pierre Bemba na perezida Evariste Ndayishimiye bemezanyije guhuza Imbonerakure, Wazalendo na FDLR ndetse n’ingabo z’ibihugu byombi, nyuma bagahabwa imyenda yagisirikare ubundi bakinjira mu rugamba.

Muri iki cyumweru turimo, bivugwa ko uwo mugambi watangiye gushyirwa mu ngiro, kuko abenshi muri aba basirikare b’u Burundi na FDLR ndetse n’Imbonerakure bajanwe i Uvira abandi i Luvungi, ikindi gice kinini gishyirwa ku mupaka wa Congo n’u Burundi.

Kimwecyo, kuba m23 ikomeje kuja imbere byakuye u Burundi umutima, kuko yabirukanye i Bukavu ndetse n’ubu ikaba igikomeje kubirukansa isatira ku kugenzura amarembo ya Bujumbura.

Ni mu gihe n’ahar’ejo m23 yacakiranye n’iri huriro ry’ingabo za Congo mu bice byo mu Kibaya cya Rusizi, nubwo imirwano yahuje impande zombi itabaye umwanya munini, ariko uyu mutwe wigijeyo cyane ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Mu gihe m23 yafata umujyi wa Uvira wegereye cyane i Bujumbura, byaba ari bibi cyane ku Burundi, kuko umubano wabwo n’u Rwanda utifashe neza muri iki gihe, ni mu gihe perezida Evariste Ndayishimiye ashinja u Rwanda gushaka gutera igihugu cye, nubwo aheruka gutangaza ko hari abamubwiye ko bitakibaye.

Tags: Ingabo z'u BurundiM23
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Mu nkambi y'i mpunzi ya Bwagiriza hakozwe umusako udasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?