• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uruhande rugenzura agace ka Vitshumbi na Kibirizi rwa menyekanye, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta rigize icyo rubivugaho.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in World News
0
Uruhande rugenzura agace ka Vitshumbi na Kibirizi rwa menyekanye, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta rigize icyo rubivugaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’inde ugenzura agace ka Vitshumbi na Kibirizi byo muri teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru? Uruhande rwa leta ruvuga ko arirwo rugenzura ibyo bice.

You might also like

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni ahagana isaha z’umugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 17/05/2024, nibwo uruhande rwa leta rwatangaje ko igisirikare cya FARDC ku bufasha bwa Wazalendo rwa bohoje Vitshumbi na Kibirizi, nyuma y’uko utu duce tumaze iminsi tugenzurwa n’Ingabo za General Sultan Makenga, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma yabyise ibinyoma byambaye ubusa, avuga ko Guverinoma ya Kinshasa itica abasivile gusa ngo kuko bazi no kwihimbira ibinyoma.

Yagize ati: “Nyuma y’uko uru hande rwa leta ya Kinshasa rukoze amahano rwica abaturage mu nkambi y’impunzi iri i Mugunga, ubu ho bafashye izindi ngamba zo kubeshya. Bari kuvuga ko bafashe Kibirizi na Vitshumbi, ibinyoma byabo.”

Willy Ngoma yahamije ko utu duce dukomeje kugenzurwa na M23 kandi ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zidafite ubushobozi bwo kuhabambura.

Ibi kandi byashimangiwe n’abaturage baherereye muri ibyo bice, bavuga ko Kibirizi na Vitshumbi bigenzurwa n’Ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Mu mpera z’iki Cyumweru nibwo ihuriro ry’Ingabo zu butegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshilombo ryagerageje kugaba ibitero mu birindiro bya M23 biherereye muri Rwindi, Vitshumbi, Kibirizi no mu bindi bice bihegereye. Ibyo bitero M23 yabashe kubisubiza inyuma ndetse ifata n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ibyatse ririya huriro ry’ingabo za RDC.

Ku rundi ruhande uyu munsi ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryakoresheje indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoï-25, aho izi ndege zateye ibisasu biremereye mu bice byo muri teritwari ya Masisi.

Ahanini ibyo bitero bya Sukhoï-25 byibasiriye agace ka Bitongo no mu misozi y’unamiye iyi centre, iherereye muri teritwari ya Masisi.

Nu bwo biruko umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa Patrick Muyaya ubwo aheruka i Goma ya reruye yemeza ko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi, ariko ko leta igiye gukora ibishoboka kugira ngo yambure uwo mutwe ibice yabohoje.

Yagize ati: “Kwiyongera ku mwanzi ku butaka bw’igihugu cyacu birakomeje. Ariko turi gukora kugira ngo umwanzi yamburwe ibice byose arimo.”

Yashimangiye ibi avuga ko byanze bikunze ingabo za leta zi zabohoza ibyo bice.

Ati: “Rwose ibyo bice bigiye kubohozwa vuba.”

            MCN.
Tags: Ihuriro rw'ingabo za letaM23N'inde ugenzura?RutshuruVitshumbi na Kibirizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kera kabaye, ikibazo cy'ibura rya...

Read moreDetails

Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

Amerika na Israel Mu Rwunge rw'Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibimenyetso umugabo akwiye kwitondera ndetse akihutira kujya kwa muganga akibibona.

Hagaragajwe ibimenyetso umugabo akwiye kwitondera ndetse akihutira kujya kwa muganga akibibona.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?