• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 20, 2026
in Conflict & Security
0
Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira mu Rujijo rw’Umutekano, Abantu Benshi Bishwe Barashwe

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, tariki ya 20/01/2026, umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwibasirwa n’ibikorwa by’umutekano muke byasigiye abaturage ihungabana rikomeye. Amakuru yizewe aturuka muri uwo mujyi avuga ko abantu batanu barashwe bahasiga ubuzima abandi barakomereka bamwe muri bo bakaba barakomerekejwe bikabije.

Ibi byabaye mu gihe ingabo za FARDC, zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo na FDLR, zari mu bikorwa bivugwaho gusahura imitungo y’abaturage mu mazu yabo. Mu gihe abaturage bari bamaze kuryama, humvikanye amasasu menshi yasize abantu benshi mu bwoba n’agahinda gakabije.

Kuva ingabo za AFC/M23 ziviriye mu mujyi wa Uvira mu ijoro ryo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, umutekano w’uyu mujyi wahise usubira inyuma bikomeye. Icyuho cyasizwe n’izo ngabo cyahise cyinjiramo ingabo za Leta zigizwe na FARDC, Wazalendo na FDLR, ariko aho kugarura ituze, zatangiye ibikorwa byibasira abaturage n’imitungo yabo.

Amakuru aturuka mu baturage agaragaza ko gusahura byahereye ku mitungo y’abantu ku giti cyabo, bigera no mu bigo bikomeye bya Leta, ibintu byakomeje gushimangira impungenge z’abaturage ku hazaza h’umutekano wabo. Hari n’amashusho yashyizwe ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abarwanyi ba Wazalendo bikoreye ku mitwe ibintu basahuye, birimo ameza, matera n’ibindi bikoresho by’agaciro.

Umwe mu baturage bo muri Uvira waganiriye na Minembwe Capital News yagize ati:
“Twari twatangiye kubona ituze n’umutekano AFC/M23 imaze kuhagera. Ariko kuva ingabo za Leta zinjiye, umutekano warayoyotse burundu. Turagowe cyane, sinabona amagambo abisobanura.”

Yakomeje agira ati:
“Muri iri joro ryakeye, abantu batanu barashwe barapfa; abandi barakomereka ubu bari kwitabwaho mu bitaro kandi ubuzima bwabo buri mu kaga. Icyifuzo cyacu ni uko M23 yagaruka ikirukana aba bajura batwambuye umutekano n’ibyacu.”

Ibi byose bigaragaza ko umujyi wa Uvira ukomeje kubaho mu mwuka mubi w’umutekano, aho abaturage bakomeje kwishyura igiciro cy’imirwano n’amakimbirane ya politiki n’igisirikare. Abenshi bemeza ko hatagize igikorwa byihuse kandi gifatika, ingaruka z’ibi bikorwa zishobora kurushaho gukura, bigatuma ikibazo cy’umutekano muke kirushaho gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Tags: Bishwe barashweUvira
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda Yasezeranyije Igikorwa Gikomeye kuri Bobi Wine

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?