• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, ngoyaba agiye kwinjira gereza mugifungo cyimyaka 500.

minebwenews by minebwenews
August 3, 2023
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump ngoyaba agiye gukatirwa imyaka 500 yigifungo.

You might also like

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 04/08/2023, saa 12:07Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Donald Trump, wahoze ayoboye Amerika, yatangarije abamushigikiye ko ubutegetsi avuga ko bwamunzwe na ruswa bushaka kumukatira igifungo cy’imyaka igera kuri 500, akaba avuga ko ibi ari politiki yihishe muriyi leta, asaba ko hakusanywa ubushobozi bwo kwifashisha mu gukomeza kugaragaza ko Abanyamerika batazigera bacika intege mu kurwanya leta yamunzwe na ruswa.

Ni ubutumwa yoherereje abamushyigikiye nyuma y’uko Umunyamategeko wihariye washinzwe gukurikirana ibyaha Trump ashinjwa ashyize hanze inyandiko zibigaragaza.

Ibyo byaha ni ibifitanye isano n’ibyabaye ku wa 06/01/2021 ubwo abigaragambyaga ku Nteko Ishinga Amategeko bagaragaza ko amatora ya Perezida atanyuze mu mucyo.

Trump yanditse agira ati: “Minisiteri y’Ubutabera ya perezida Joe Biden yamunzwe na ruswa yongeye gutanga ibirego bitubahirije amategeko. Ibyo birego bigaragaza ko nshobora guhabwa igifungo cy’imyaka 561 bitewe n’Aba-Démocrates bari kumpiga.”

Donald Trump ati: “Hari ubutumwa umuntu ashobora gutanga kugira ngo akujugunye muri gereza iyo myaka yose. Biteye ubwoba. Ubwoba ni uko iyo utoye umukandida ushobora kugushyira imbere, nawe uba uri mu bibazo aho ushobora kugirirwa nabi, gushyirwaho ibirego ndetse ukanafungwa n’ubu butegetsi bwa Washington.”

Amakuru avuga ko Trump yatanze ubwo butumwa ashaka kugaragaza ko abayoboke be bagomba gushyiramo imbaraga cyane no kwirengagiza ibyo bashobora guhura na byo mu gihe baba bamutoye mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba umwaka utaha.

Uyu mugabo Donald Trump, ufite imyaka 77 yamavuko muri ubwo butumwa yagaragaje ko uku kumuhiga bitarangirira ku kumwibasira no kumufungisha gusa ahubwo ngo bihungabanya ukwishyira ukizana kw’Abanyamerika bose, asaba abamushyigikiye gukomeza kumba hafi muri ibi bihe bitoroshye.

Umunyamategeko Smith yagaragaje ko Trump yinubiye ibyavuye mu matora azi neza ko ari amakosa ndetse akomeza kugira uruhare muri iyo myigaragamyo yibasiye Capitol, ibyagize uruhare mu gutuma abaturage batagirira icyizere igihugu by’umwihariko inzego zishinzwe amatora.

Uretse ibyo byaha, mu cyumweru gishize na bwo Smith yatanze ibirego by’uko Trump yagerageje gusibanganya ibimenyetso ku bijyane no kubika iwe inyandiko zikubiyemo amabanga akomeye ya Amerika kandi bitemewe.

Urukiko rwa New York kandi rwashinje uyu wahoze ari Perezida wa Amerika kwishyura umukinnyi wa filime, Stormy Daniels, kugira ngo atazavuga ibijyanye n’uko yamufashe ku ngufu.

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika barimo Hakeem Jeffries na Chuck Schumer, baherutse gusohora itangazo rigaragaza ko ibyo birego Trump akurikiranyweho bikomeye cyane ndetse ko agomba kubiryoza ngo kuko nta Munyamerika uri hejuru y’amategeko kabone nubwo yaba ari perezida.

Trump kandi ashobora gukomeza gukurikiranwa kuko abanyamategeko baherutse gutangaza ko bari gukora iperereza ku buryo uyu musaza ashobobora kuba yaragize uruhare mu kwivanga mu byavuye mu matora muri Leta ya Georgia.

Inkuru dukesha CNN.

Tags: AmerikaCyimyaka 500Donald TrumpIgifungo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Bazouma, yasabye imiryango mpuza mahanga kumuha ubufasha akagaruka kubutegetsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?