• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo, bakoreshwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, barashinjwa ubujura no gusahura ibya baturuge, i b’Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo, bakoreshwa n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, barashinjwa ubujura no gusahura ibya baturuge muri Quartier ya Kabindura, Komine Kalundu, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi bikorwa by’urugomo bikorwa na Wazalendo, byo ngeye gukorwa mw’ijoro rya keye, ryo kw’itariki 01/01/2023.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Nk’uko iy’inkuru ibivuga, n’uko Wazalendo, mu gukora buriya bujura, baje bitwaje imbunda n’ibyuma, n’inkoni, aho ndetse bamenye n’inzugi binjira ku mbaraga mu mazu imbere, abagerageje ku ba rwanya bahagiriye ibibazo birimo gukomereka.

Ubu hamya Minembwe Capital News, yahawe n’abaturage baturiye ibyo bice, bagize bati: “Umuyobozi wa Avenue, Musohoko, bwana Sumaili Soma, utuye hafi no kwa Mwami, mu Mujyi wa Uvira, yagerageje ku rwanya abo bagizi banabi birangira akomeretse. Hakomeretse kandi uwitwa Mwengo, nawe ya komeretse agiye kuba rwanya.”

Mu ntangiriro zo kw’iyamamaza kwa perezida Félix Tshisekedi, no mukurangiza gahunda yo kw’iyamamaza kwe, umukuru w’igihugu, Tshisekedi, yagiye avuga ko Wazalendo, bagomba kubahwa no kurekurirwa gukora urugomo rwabo. Ibyo bikaba biri mubituma, Wazalendo bica abasivile ntihagire inkurikizi, kuribo.

Bruce Bahanda.

Tags: Barashinjwa ubujura no gusahura ibya baturuge i b'Uvira mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfoWazalendo bakoreshwa n'ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Umuvugizi w'Ingabo z'u Rwanda (RDF), ya bwiye abifuriza u Rwanda, intambara ko aba rurinda bada kangika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urugendo rwa Depite Justin Bitakwira rwateje impaka
  • U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
  • Kinshasa: Dore Uko Urugendo rw’Imyigaragambyo Rwagenze, Aho Rwarangiye Rutageze ku Ntego
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?