• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EASF (East Africa standby Force), zitabara aho rukomeye ziri mu biganiro bidasanzwe mu gihugu cy’u Rwanda.

You might also like

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

Ni mu Nama yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 25/03/2024, bikaba biteganijwe ko izamara iminsi igera muri ine, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bugize uyu mutwe w’ingabo.

Iy’i Nama bavuga ko igamije kurebera hamwe uburyo hatezwa imbere imikoranire hagati y’ibihugu bigize uyu muryango, ndetse no gusangizanya ubuhanga mu buryo ibi bihugu bizahora byiteguye guhangana n’ibibazo.

Ubuyobozi bw’i ngabo z’u Rwanda(RDF ) bwakiriye ik’i cyicaro, bwo buvuga ko intego nyamukuru y’ibi biganiro ari uguhuza ingamba hagati y’ibihugu byo muri uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), harimo guhangana n’ibibazo birimo ibyorezo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ingingo uy’u muryango HANDS(Humanitarian action and natural disasters) zigamije guhangana n’ibiza kamere.

Ibi biganiro byatangijwe na Col Claudien Bizimungu(wo mu ngabo z’u Rwanda) usanzwe ari umuyobozi w’u ngirije w’u mutwe w’i ngabo zishinzwe ubw’ubatsi, yavuze ko i Nama nk’iyi yitezwemo guha imbaraga imikoranire ndetse no gusangira ibitekerezo mu guhangana n’ibiza.

Col Bizimungu kandi ngo yasabye abitabiriye ibyo biganiro kuganira nk’abavandimwe no kugaragaza udushya twafasha ibihugu kujya bibasha kwitwara neza mu gihe habaye ibyo bibazo, kuko ari byo bizatuma Afrika y’iburasizuba irushaho kubaho itekanye.

Ni mu gihe umuyobozi mukuru w’u munyabanga bwa EASF, Brigadier Gen Paul Kahuria Njyema we yagarutse kuri bimwe mu bibazo biza bikabera umutwaro Guverinoma z’i bihugu bigize uyu muryango ndetse n’uyu muryango ubwayo. Uyu muyobozi yanasabye abitabiriye iyi Nama gukora ibishoboka ibihugu binyamuryango bikazarushyaho gukorera bikorera hamwe.

Avuga ko kandi Ingabo zigize uyu mutwe zishinzwe gutabara aho rukomeye bya hafi n’ibihugu byo muri uy’u muryango ndetse n’ahandi nko mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, no gushakira umuti ibibazo by’inzaduka.

           MCN.
Tags: EASFI Nama idasanzweIngabo zishinzwe gutabara aho rukomeyeRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Bikanganye perezida w'u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC Umukuru w'ishyaka rya CNDD mu Burundi, Leonard Nyangoma, yaburiye ubutegetsi bw'iki gihugu cyabo, gucyura Ingabo bwohereje mu ntambara...

Read moreDetails

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y'u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye U Rwanda rwakuriye inzira ku murima inteko ishinga amategeko y'umuryango w'ubumwe bw'u Burayi yarusabye kurekura Ingabire...

Read moreDetails

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?