Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2024
in World News
0
Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko, uzwi ku mazina ya Mukobwa wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wariwaragiye bunyago, atetswe na Maï Maï mu Bibogobogo niwe watahutse, nk’uko amakuru akomeje gutangwa ku mbugankoranyambaga zitandukanye.

Imyaka 28 irashize, Mukobwa wari wari warajanwe n’abarwanyi ba Maï Maï ari umwana w’imyaka itatu n’igice, yongeye kugaruka mu muryango we.

Intambara yo mu mwaka w’ 1996, ubwo Abanyabibogobogo bicwaga n’abarimo Interahamwe ku bufatanye na Maï Maï, nibwo uyu mwana yafashwe n’aba barwanyi.

Ubuhamya bwatanzwe buvuga ko ubwo uyu mukobwa yafatwaga yasanzwe mu nzu yari yiciwemo Abanyamulenge benshi.

Nyuma, Maï Maï hamwe n’interahamwe baje kumwerekeza mu mashyamba yari arimo ibirindiro byabo. Bamwe mu baganirije uyu Mukobwa, yabahamirije ko yaje gukundwa n’Umubembe, ariko ngo uyu mu bembe aza gupfa, ari nabwo yahise ashakwa n’umusore waje ku mukunda w’Umubembe.

Binavugwa ko bari babyaranye umwana umwe.

Ku wa Gatanu tariki ya 13/09/2024, inkuru z’uyu mukobwo uvuka mu Bibogobogo, nibwo zatangiye gucicikana ku mbugankoranyambaga zigaragaza ko yageze mu muryango wabo aho bahungiye mu gihugu cy’u Burundi.

Uwaduhaye ubu buhamya yagize ati: “Mu gihe tugiye kwibuka ku nshuro ya gatanu, Abanyamulenge biciwe mu Bibogobogo mu 1996, hari umwana wabonetse i Bujumbura, ari muri barya bari barajanwe amatekwa muri Tanzania. Turifuza ko hoba gukurikirana n’abandi bakibuze.”

Hari ubundi butumwa bwa musaza w’uyu mukobwa uwo bakurikirana neza ku mugongo, bugikomeje guca ku mbugankoranyambaga, bugira buti: “Mudufashe kuzamurira Imana icyubahiro. Uwo n’umwana wacyitse ku icyumu mu bwicanyi bwahitanye Abanyabibogobogo mu 1996. Uwo mukobwa yarafite imyaka 3 n’igice. Yatowe n’Ubembekazi mu nzu abandi biciwemo.”

Aya makuru anavuga ko yatowe mu nkambi z’impunzi ya Shimeri(Camp de Transit) iherereye mu gihugu cy’u Burundi.

Mu butumwa bugaragaza umwirondoro w’uyu mukobwa buvuga ko ari umwuzukuru wa Mvuka wo kwa Byinshi. Abiwabo bahoze batuye mu Bibogobogo ibyo bavuze ko ari byo kwa Musa.

           MCN.
Tags: AbabembeamatekwaBibogobogoMai MaiMukobwa
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post

Stock futures are flat ahead of Fed’s Jackson Hole symposium

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?