• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in World News
0
U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

General Igor Kirillov w’Umurusiya yishwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru w’i Moscow.

Ku wa kabiri tariki ya 17/12/2024 ni bwo ikibombe cyahitanye ubuzima bw’umusirikare wari ukomeye wo mu ngabo z’u Burusiya.

Ni amakuru yatangajwe bwa mbere na Leta y’u Burusiya aho yavuze ko uyu musirikare ufite ipeti rya Jenerali yapfuye ku wa kabiri kandi ko yaguye ku muhanda mukuru w’umurwa mukuru, Moscow. Iki gisasu cya nishe n’abandi bantu babiri.

Leta yavuze ko uyu mujenerali wahitanywe n’icyo kibombe yari ashinzwe intwaro za nikereyeri.

Icyo kibombe cyaturitse mu gihe Jenerali Igor Kirillov na vice we bari bavuye gusura inyubako zikorerwamo ibikorwa byagisirikare ziherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’umurwa mu kuru w’u Burusiya.

Nk’uko abayobozi b’u Burusiya babisobanuye n’uko icyo gisasu cyaturitse cyari gihishe mu ipini ya moto yari iparitse mu mwinjuro w’iyo nyubako.
Ubwo cyaturikaga, cyamenaguye ibirahuri bya madirisha gitumura n’urwotsi rutumbagira mu kirere.

Jenerali Igor Kirillov wapfuye yari aheruka gushinjwa na Ukraine kuba itsinda ry’Ingabo yari ayoboye barakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara mu myaka itatu imaze muri Ukraine.

Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka, u Bwongereza bwari bwa mufatiye ibihano bikakaye, bivuye ku kuba yarakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine.

Tags: General Igor KirillovMoscowU Burusiyayapfuye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?