• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in World News
0
U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

General Igor Kirillov w’Umurusiya yishwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru w’i Moscow.

Ku wa kabiri tariki ya 17/12/2024 ni bwo ikibombe cyahitanye ubuzima bw’umusirikare wari ukomeye wo mu ngabo z’u Burusiya.

Ni amakuru yatangajwe bwa mbere na Leta y’u Burusiya aho yavuze ko uyu musirikare ufite ipeti rya Jenerali yapfuye ku wa kabiri kandi ko yaguye ku muhanda mukuru w’umurwa mukuru, Moscow. Iki gisasu cya nishe n’abandi bantu babiri.

Leta yavuze ko uyu mujenerali wahitanywe n’icyo kibombe yari ashinzwe intwaro za nikereyeri.

Icyo kibombe cyaturitse mu gihe Jenerali Igor Kirillov na vice we bari bavuye gusura inyubako zikorerwamo ibikorwa byagisirikare ziherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’umurwa mu kuru w’u Burusiya.

Nk’uko abayobozi b’u Burusiya babisobanuye n’uko icyo gisasu cyaturitse cyari gihishe mu ipini ya moto yari iparitse mu mwinjuro w’iyo nyubako.
Ubwo cyaturikaga, cyamenaguye ibirahuri bya madirisha gitumura n’urwotsi rutumbagira mu kirere.

Jenerali Igor Kirillov wapfuye yari aheruka gushinjwa na Ukraine kuba itsinda ry’Ingabo yari ayoboye barakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara mu myaka itatu imaze muri Ukraine.

Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka, u Bwongereza bwari bwa mufatiye ibihano bikakaye, bivuye ku kuba yarakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine.

Tags: General Igor KirillovMoscowU Burusiyayapfuye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?