Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 18, 2024
in World News
0
U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

General Igor Kirillov w’Umurusiya yishwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru w’i Moscow.

Ku wa kabiri tariki ya 17/12/2024 ni bwo ikibombe cyahitanye ubuzima bw’umusirikare wari ukomeye wo mu ngabo z’u Burusiya.

Ni amakuru yatangajwe bwa mbere na Leta y’u Burusiya aho yavuze ko uyu musirikare ufite ipeti rya Jenerali yapfuye ku wa kabiri kandi ko yaguye ku muhanda mukuru w’umurwa mukuru, Moscow. Iki gisasu cya nishe n’abandi bantu babiri.

Leta yavuze ko uyu mujenerali wahitanywe n’icyo kibombe yari ashinzwe intwaro za nikereyeri.

Icyo kibombe cyaturitse mu gihe Jenerali Igor Kirillov na vice we bari bavuye gusura inyubako zikorerwamo ibikorwa byagisirikare ziherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’umurwa mu kuru w’u Burusiya.

Nk’uko abayobozi b’u Burusiya babisobanuye n’uko icyo gisasu cyaturitse cyari gihishe mu ipini ya moto yari iparitse mu mwinjuro w’iyo nyubako.
Ubwo cyaturikaga, cyamenaguye ibirahuri bya madirisha gitumura n’urwotsi rutumbagira mu kirere.

Jenerali Igor Kirillov wapfuye yari aheruka gushinjwa na Ukraine kuba itsinda ry’Ingabo yari ayoboye barakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara mu myaka itatu imaze muri Ukraine.

Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka, u Bwongereza bwari bwa mufatiye ibihano bikakaye, bivuye ku kuba yarakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine.

Tags: General Igor KirillovMoscowU Burusiyayapfuye
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?