• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2025
in World News
0
Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari ibyo u Rwanda rwibukije u Budage buri murufatiye ibihano.

You might also like

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Repubulika y’u Rwanda yamaganye icyemezo cy’u Budage bwiyongeye ku bihugu bimaze kuyifatira ibihano, inenga ukuntu ubufatanye mu iterambere bukomeje kugirwa igikoresho cya politiki ndetse rwibutsa u Budage uruhare rwabwo mu mateka y’amakimbirane akomeje kugaragara mu karere.

Bikubiye mu itangazo u Rwanda rwashyize ahagaragara, aho ruvuga ko igikoresho cya politiki ubufatanye mu iterambere kwa Leta y’agateganyo y’u Budage ari amakosa kandi ari inzira idatanga umusaruro.

Iryo tangazo rigira riti: “U Budage buvuguruza ubwabwo ibyo buvuga ko bushyigikiye gahunda iyobowe na Afrika yo gukemura amakimbirane mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bukuraho igihugu amakosa yacyo menshi, ibyo bikaba bishimangira gusa imyifatire yo gushoza intambara no kongera amakimbirane bitari ngombwa.”

Rikomeza rigira riti: “Ku gihugu kivuga ko gifatana uburemere ibimenyetso by’ubutagondwa bushingiye ku moko, u Budage bugaragaza kutagira ubutwari busesuye bwirengagiza ikibazo umutwe w’iterabwoba wa FDLR wakoze jenocide, kandi ukaba ushyigikiwe na Congo, ndetse ukaba ugaba ibitero ku Banyamulenge(Abatutsi) bo mu Burasizuba bwa RDC.”

Muri iri tangazo kandi u Rwanda rwibukije u Budage uruhare rwabwo rw’amateka mu makimbirane akomeje mu karere, rukaba rusanga atari bwo bwari bukwiye gufata icyemezo nk’iki cyo gufatira u Rwanda ibihano.

Rigira riti: “Ibihugu nk’u Budage bifite uruhare rw’amateka mu ihungabana rikomeje kugaragara muri kano karere, bigomba kumenya ko gushyiraho ingamba z’agahato zireba uruhande rumwe bitemewe.”

Kimwecyo, u Rwanda ruvuga ko ruzakomeza kurinda umutekano w’iki gihugu cyabo, kandi ko ruzakomeza kwitabira ibikorwa byo gushakisha amahoro y’akarere.

Tags: AmatekaIbihanoRwandaU Budage
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails
Next Post
Rwambikanye mu Kibaya cya Rusizi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Ibwiriza ryahawe ingabo z'u Burundi zoherejwe muri Kivu y'Epfo kurwanya m23, rirakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?