• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2025
in Regional Politics
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu bahunga intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo basubiye mu byabo.

Bikubiye muri raporo nshya OCHA yashyize hanze aho igiragaraza ko muri Kivu y’Amajyaruguru abantu miliyoni zirenga zibiri basubiye mu byabo, ariko uvuga abandi basaga miliyoni imwe bakiri impunzi z’imbere mu gihugu, murizo hafi 500,000 bavuye mu byabo muri uyu mwaka gusa.

Uvuga ko muri Kivu y’Amajyepfo abarenga 600.000 basubiye mu byabo mu gihe abarenga 1.5 bakiri impunzi z’imbere mu gihugu, harimo abarenga 550, 000 bavuye mu byabo kubera intambara muri uyu mwaka.

Igasobanura ko abavuye mu byabo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ahanini ari abo muri teritware ya Minova, Kalehe no muri Idjwi.

Ibi ubuyobozi bw’umutwe wa AFC/M23 burabyemeza, kuko umuyobozi Bertrand Bisimwa yakoresheje urubuga rwa x avuga ko bakemuye ikibazo cy’impunzi z’imbere mu gihugu, ngo kuko bamaze gucyura abantu barenga miliyoni 2.

Abo yavugaga ni abari baravuye mu byabo kuva mu 2022 kubera intambara hagati ya M23 n’Ingabo za RDC mu bice bya Rutshuru, Masisi na Lubero.

Ariko nubwo biruko imirwano iracyakomeje hagati ya AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC ririmo FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu Yaruguru.

OCHA ivuga ko mu mezi abiri ashize abantu bagera kuri 44,000 bahunze imirwano mu gace ka Masisi, kandi ngo abandi n’abo batari bake baricwa.

Ukavuga kandi ko muri Kivu y’Amajyepfo, mu duce twa teritware ya Uvira, Fizi, Walungu na Kalehe imirwano ikomeje gutuma abantu bava mu byabo bagahunga.

Usibye n’icyo, ngo abakobwa n’abagore n’abo babarirwa mu mirongo barashimiswe mu duce dutatu two muri teritware ya Uvira, ibi ikavuga ko ibikesha abaganga n’abategetsi baho.

Tags: Imbere mu gihuguImpunziKivu yamajy'EpfoKivu Yaruguru
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?