• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abaturage ba Congo Kinshasa bemerewe ubufasha bukomeye.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2024
in Regional Politics
0
Abaturage ba Congo Kinshasa bemerewe ubufasha bukomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage ba Congo Kinshasa bemerewe ubufasha bukomeye.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Ni Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zigiye guha ubufasha bw’amafaranga Repubulika ya demokarasi ya Congo angana na miliyoni 414 yo kugoboka abaturage b’iki gihugu.

Aya makuru yamenyekanye nyuma y’ikiganiro ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuhinzi n’ibiribwa, Jeffrey Prescott yagiranye n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, agaragaza ko iki gihugu cy’Amerika ko kigiye gufasha abaturage ba RDC.

Akaba yanavuze ko aba baturage mu byo bazafashwa ahanini bizanyuzwa muri ONU.

Ndetse kandi akaba yagaragaje ko bazafashwa ibiribwa, amazi meza asukuye kandi ko bazagerageza kubaha ibiribwa bifite intunga mubiri.

Prescott avuga ko yizeye neza ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika izabera urugero ibindi bihugu, nabyo bigakura mu masanduku yabyo imari yo kugoboka Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni mu gihe n’umuryango w’Abibumbye, ONU urimo gusaba abanyamuryango bayo gukusanya muri uy’u mwaka amadolari y’Amerika miliyari 2.6 yo gufasha abari mu kaga muri RDC. Inasobanura ko imaze kubona kimwe cya gatatu cyayo.

Kuva mu 2022, intambara ya M23 n’ingabo z’iki gihugu yirukanye mu byabo abaturage barenga miliyoni 1,7 mu Burasirazuba bwa RDC. Biyongereye ku bandi bari basanzwe baravuye mu byabo ku buryo ubu babaye impunzi imbere mu gihugu bashyika miliyoni 7.2.

Muri rusange abaturage ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakeneye imfashanyo zihutirwa barenga miliyoni 25, hafi kimwe cya kane cy’abatuye RDC.

Muri ibi bibazo biteye impungenge harimo iby’abana barenga miliyoni barwaye inkurikizi z’imirire mibi, nk’uko OMS ibitangaza. Harimo kandi n’icyorezo cy’ubushita bw’inkende. Kuva mu ntangiriro z’umwaka ushize w’2023, abantu bagera ku 2,000 barabwanduye cyane abana.

Uyu ambasaderi Prescott yanabwiye kandi ibiro ntara makuru bya Bongereza ko Amerika izaha RDC andi madolari miliyoni 10 mu rwego rw’ubuvuzi na dose 50.000 z’inkingo z’ubushita bw’inkende. Muri rusange, avuga ko kuva mu kwezi kwa Cumi gushize kugeza ubu, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika imaze gusohora amadolari miliyoni 838 y’imfashanyo zihutirwa kuri Congo Kinshasa.

           MCN.
Tags: Abaturage ba RDCAmadolariAmerikaBagiye guhabwa imfashanyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe ikigiye gukorwa kugira ngo umutekano wa Goma urushyeho kumera neza.

Hatangajwe ikigiye gukorwa kugira ngo umutekano wa Goma urushyeho kumera neza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?