• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/m23 and Twirwaneho, nyuma yo gufungura Bank ku mugaragaro batangaje ikindi bagiye gukurikizaho vuba.

minebwenews by minebwenews
April 8, 2025
in Regional Politics
0
M23 Confirmed  withdraw of their forces from the seized town of Walikale in support of peace efforts.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/m23 and Twirwaneho, nyuma yo gufungura Bank ku mugaragaro batangaje ikindi bagiye gukurikizaho vuba.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho n’indi, Corneille Nangaa, yatangaje ko perezida Felix Tshisekedi agomba kuva ku butegetsi ngo kuko akomeje kuyobora nabi Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umujyi wa Kinshasa kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 6 /04/2025, wibasiriwe n’umwuzure wishe abantu 33, abandi 46 barakomereka, inzu zirenga 200 zirarengerwa, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umutekano w’imbere, Jaquemain Shabani.

Ubwo Nagaa yafunguraga Bank ku mugaragaro iyo yise CADECO, i Goma ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 07/04/2025, yagaragaje ko ibiza birimo umwuzure wateye iki gihugu byatewe nuko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi butigeze bwita kubikorwaremezo by’igihugu.

Asobanura ko ibyaraye bibaye i Kinshasa bigaragaza inshusho ya RDC iri mu butegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Yagize ati: “Iyi ni inshusho ya RDC iyoborwa n’ubutegetsi bw’iterabwoba kandi buvangura bwa Tshisekedi. Ibi bigomba guhagarara! Tshisekedi agomba kuva ku butegetsi kandi akabuvaho vuba byihuse.”

Nangaa yatangaje ko ubwo abarwanyi ba AFC/m23 and Twirwaneho bafataga umujyi wa Goma, tariki ya 27/01/2025 na Bukavu tariki ya 16/02/2025, Leta y’i Kinshasa yafunze amabanki yahakoreraga, igamije guhana abaturage.

Ati: “Ese mbibutse ko amafaranga ari muri bank zitandukanye atari aya bene izo bank cyangwa Leta ya Congo? Tshisekedi agomba kumva ko amafaranga yayobeje ari ay’abayabitse, ari bo abakorera ibikorwa by’ubukungu, abakozi ba rubanda, abashoramari n’abaturage b’Abanyekongo?”

Yavuze ko icyemezo Leta y’i Kinshasa yafashe kigira ingaruka zikomeye ku bukungu bw’igihugu, kuko gituma abaturage bashakisha inzira zinyuranyije n’amategeko babonamo amafaranga, kikanahombya abacuruzi.

Ati: “Icyaha cy’ubukungu cyakozwe na Tshisekedi cyatumye bamwe mu baturage bajya mu bihugu by’abaturanyi kubikuzayo amafaranga, byongeye ibyago byo gusohoka kw’amafaranga y’igihugu.”

Yasoje asobanura ko uretse kuba icyemezo cya Tshisekedi kinyuranyije n’itegeko nshinga n’andi mategeko, binagize ibyaha byibasiye inyokomuntu. Yanenze umuryango mpuzamahanga ubibona, ugaceceka.

Tags: AFCBankNangaaTshisekedi
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
M23 Stands Firm, Congo’s Future Hangs on Tshisekedi’s Departure.

M23 Stands Firm, Congo’s Future Hangs on Tshisekedi’s Departure.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?