• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 28, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

You might also like

Abarwanyi ba Wazalendo Banze Imyambaro Bazaniwe na Bitakwira

When Wounds Give Birth to Light: The Extraordinary Story of Freddy Kaniki

Iyo Ibikomere Bibyara Urumuri: Inkuru Idasanzwe ya Freddy Kaniki

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryazanye “transfomer nshya y’amashanyarazi,” aho izafasha abaturage mu kubaha umuriro ku baturiye mu duce twose igenzura.

Iyi mashini y’umuriro w’amashanyarazi, byamenyekanye ko yamaze kugezwa mu Burasirazuba bwa RDC mu gice kigenzurwa na AFC/M23 kuri uyu wa kabiri, itariki ya 28/10/2025.

Bivugwa ko ifite ubushobozi bwo gucanira akarere kose uyu mutwe ugenzura mu Burasirazuba bw’iki gihugu .

Byanasobanuwe kandi ko abaturage bo muri ibyo bice bagiye kuzajya babona umuriro w’amashanyarazi amasaha 24/24.

Mu cyumweru gishize, ahagana mu mpera zacyo, ni bwo kandi uyu mutwe wemereye aba motari kujya bakora mu gutwara abagenzi bakageza saa sita z’ijoro.

Ni mu gihe bahora bafunga akazi saa mbiri n’igice z’ijoro, bakongera gufungura ahagana saa kumi nebyiri z’igitondo.

Iki cyemezo cyakiriwe neza n’abaturage ba Goma n’aba Bukavu, ni mu gihe kuva mbere kose uyu mutwe wa AFC/M23 utarafata ibyo bice, aba motari bahagarikaga akazi mbere ya saa moya z’umugoroba. Ubundi kandi ibyo bice byagorwaga no kubona umuriro w’amashanyarazi, kuko wacikagurikaga buri kanya, ariko iyo transfomer nshya y’umuriro w’amashanyarazi AFC/M23 yazanye igiye kuba igisubizo kuri wo.

Uretse n’ibyo aho uyu mutwe ugenzura abaturage barishyira bakizana, kuko harangwa n’umutekano.

Tags: AFC/m23Transformer nshyaUmuriro w'amashanyarazi
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abarwanyi ba Wazalendo Banze Imyambaro Bazaniwe na Bitakwira

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Abarwanyi ba Wazalendo Banze Imyambaro Bazaniwe na Bitakwira

Abarwanyi ba Wazalendo Banze Imyambaro Bazaniwe na Bitakwira Mu gace ka Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo bakorera mu...

Read moreDetails

When Wounds Give Birth to Light: The Extraordinary Story of Freddy Kaniki

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Auto Draft

When Wounds Give Birth to Light: The Extraordinary Story of Freddy Kaniki There are words born in the most difficult moments of a person’s life that evolve into...

Read moreDetails

Iyo Ibikomere Bibyara Urumuri: Inkuru Idasanzwe ya Freddy Kaniki

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Iyo Ibikomere Bibyara Urumuri: Inkuru Idasanzwe ya Freddy Kaniki

Iyo Ibikomere Bibyara Urumuri: Inkuru Idasanzwe ya Freddy Kaniki Hari amagambo avuka mu bihe bikomeye by’ubuzima bw’umuntu, agahinduka amasomo arenga kure ubuzima bw’uyavuze. Ubuhamya bw'umuhuzabikorwa wungirije w'ihuriro Allience...

Read moreDetails

Kinshasa: Umusirikare akurikiranyweho ubwicanyi; ibyatumye imihanda ifungwa n’imvururu zirushaho kwiyongera

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Kinshasa: Umusirikare akurikiranyweho ubwicanyi; ibyatumye imihanda ifungwa n’imvururu zirushaho kwiyongera

I Kinshasa: Umusirikare akurikiranyweho ubwicanyi; ibyatumye imihanda ifungwa n’imvururu zirushaho kwiyongera I Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane tariki ya 16/04/2026...

Read moreDetails

Amerika ishobora gufatira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibihano bikakaye

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amategeko Shingiro ya RDC mu Ihurizo Rikomeye

Amerika ishobora gufatira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibihano bikakaye Mu gihe umwuka wa dipolomasi ukomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo

MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?