• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agezweho ku mirongo y’urugamba i Walikale hagati ya FARDC na m23.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho ku mirongo y’urugamba i Walikale hagati ya FARDC na m23.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho ku mirongo y’urugamba i Walikale hagati ya FARDC na m23.

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Abarwanyi bo mu mutwe wa m23 bahanganye n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, bafashe centre ya Walikale iherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Ni murugamba rwabaye ejo ku mugoroba wo ku wa gatatu, tariki ya 19/03/2025, aho rwasakiranyije uyu mutwe wa m23 n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta y’i Kinshasa, rugasiga aba barwanyi bafashe centre ya Walikale.

Kuva ejobundi ku wa kabiri, aba barwanyi barimo barwanira mu nkengero z’iyi centre ya Walikale, iyo baraye bafashe.

Amakuru avuga ko ku cyumweru tariki ya 16/03/2025, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe binjiye muri teritware ya Walikale, aho bayinjiye baciye mu Burasizuba bwayo, nyuma y’aho bari bamaze gufata agace ka Kashebele n’aka Kibati.

Utu duce twafashwe mu gihe ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryari ryavuye i Pinga rigaba ibitero kuri uyu mutwe wa m23 mu gace wari uheruka gufata ka Nyabyondo ngoryongere rihusubize, bityo uyu mutwe uhita wirukana iri huriro ari nako ugenda urayambura ibi bice byavuzwe haruguru, kugeza ufashe na centre ya Walikale.

Iyi teritware, uyu mutwe wigaruriye ni nini cyane, ubundi kandi ubutaka bwayo bwibitseho amabuye y’agaciro atandukanye, ndetse kandi ikaba itunze n’amashyamba manini.

Uko FARDC n’abambari bayo bateye abarwanyi bo muri uyu mutwe wa m23 ngo ba bambure aho bafashe, ni ho bazira bakayikurikira, hubwo bakarushaho kwagura ibirindiro byabo.

Ni mu gihe no ku wa gatanu wakiriya cyumweru gishyize, nabwo uyu mutwe wari wafashe umujyi muto wa Nteya, ndetse nyuma yabwo naho ufata Kibuya, aha Kibuya ni mubirometero 75 uvuye muri centre ya Walikale.

Hari amakuru avuga ko m23 ihita ikomereza i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Leta ya Congo, Fardc.
Ni amakuru asobanura ko impamvu uyu mutwe ushaka gufata Kisangani ngo ni uko haturuka indege zibarasaho zirimo izo mu bwoko bwa Sukhoi-25 na drone.

Ubwo umuyobozi mukuru wa gisirikare w’uyu mutwe, Maj.Gen. Sultan Makenga yarimukiganiro mu cyumweru gishize, icyo yagiranye na Alain Destexhe wabaye senateri mu Bubiligi, yamubwiye ko i Kisangani haturuka indege zibarasaho, bityo bakaba bashaka kuhafata mu rwego rwo kugira ngo bacecekeshe ubagabaho ibyo bitero by’indege.

Ibyo kandi uyu mutwe wabikoze ubwo wafataga umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, Kuko wahafashe kumpamvu zuko ariho havaga ibikoresho by’intambara byabarasagaho i Masisi n’i Rutshuru.

Ku rundi ruhande, umuhuza ku makimbirane y’intambara hagati ya Leta ya Congo n’uyu mutwe wa m23, Perezida wa Angola, Joao Lourenco, yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose habe ibiganiro by’amahoro kur’iz’i mpande zishamiranye nyuma y’aho ibyari kuba ubushize bisubitswe mu buryo butunguranye.

Tags: M23WalikaleYahafashe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imishikirano ya RDC n’umutwe wa m23 i Luanda.

Perezida Lowrenco yagize icyo avuga kwisubikwa ry'ibiganiro ndetse avuga n'ikigiye gukurikiraho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?