• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agezweho ku ngabo ziri mu Bibogobogo nyuma y’aho kwa Mulima habaye imirwano.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2025
in Regional Politics
0
Mu misozi ya Fizi hazindukiye imirwano ikaze .
131
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho ku ngabo ziri mu Bibogobogo nyuma y’aho kwa Mulima habaye imirwano.

You might also like

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ingabo za Congo ziheruka koherezwa mu Bibogobogo ubwo ku munsi w’ejo ku wa kabiri imirwano yarimo ibera kwa Mulima hagati ya Twirwanaho n’ihuriro ry’Ingabo ririmo FARDC iz’u Burundi, n’imitwe ya Wazalendo na FDLR zo zahunze ziva mu bigo zagenzuraga zihungira mu kigo kigenzurwa na Colonel Ntagawa Rubaba kiri mu muhana wa Bibogobogo, ariko nyuma zimwe muri zo zitumwa i Baraka.

Mu cyumweru gishize ni bwo abasirikare benshi ba FARDC batumwe mu Bibogobogo, bakaba baravanywe i Rulimba, i Uvira n’ahandi, harimo n’abahazanywe nyuma yuko bari bahunze intambara yaberega mu Minembwe ubwo Twirwanaho yahafataga ku wa 21/02/2025.

Amakuru avuga ko nyuma y’aho aba basirikare bagereye mu Bibogobogo bahashyinze ibigo bya gisirikare harimo icyashyizwe mu irango rya Ugeafi, ku Gipimo hafi n’umuhana wa Magaja nanone kandi ikindi kigo gishyingwa mu Rulimba cyo kimwe na Kavumu.

Hakaba hari icyari kihasanzwe kiri mu muhana wa Bibogobogo centre kigenzurwa na Colonel Ntagawa Rubaba.

Gutumwa kw’aba basirikare ba Leta muri Bibogobogo byavugwaga ko baje kurinda umujyi wa Baraka udafatwa n’umutwe wa m23 n’uwa Twirwanaho, ni mu gihe abo barwayi bo muri iyo mitwe baheruka kugera mu Minembwe ari benshi, aho baje baturutse i Bukavu kandi bashorewe na Brigadier General Charles Sematama uzwi nk’Intare-Batinya.

Rero, nyuma y’aho ejo ku wa kabiri tariki ya 01/04/2025 ihuriro ry’Ingabo za Congo rigabye ibitero mu nkengero za komine ya Minembwe, ribigaba riturutse mu Lusuku, Point Zero, Mukera no kwa Mulima, nk’uko Twirwanaho yabigaragaje ikoresheje inyandiko yashyize kuri x; uyu mutwe wirwanyeho ukubita ririya huriro inshuro ndetse ufata n’ibice bimwe iri huriro ryaturutsemo ribagabaho ibyo bitero. Nubwo nyuma wongeye kubyivanamo.

Minembwe Capital News yamenye ko ubwo iyo mirwano yarimo ibera kwa Mulima no mu Rusuku, izi ngabo zari mu Bibogobogo zarahunze ziva mu bigo zagenzuraga zihungira mu kigo kigenzurwa na Colonel Ntagawa Rubaba kiri mu muhana wa Bibogobogo centre.

Ibyafashwe nk’aho zahahamutse, kuko muri zi ngabo harimo zimwe zahuye n’intambara yazihanganishije na Twirwanaho mu Minembwe, hakaba harimo n’izarwanye i Bukavu zumva umuriro w’imbunda wa m23.

Umwe uri mu Bibogobogo yagize ati: “Ntituzi icyabaye ku basirikare ba Leta baraha. Barikuva mu makambi yabo bagahungira mu ikambi iyowe na Col.Ntagawa. Turi kubona bahahamutse kubera intambara irimo kubera mu Rusuku no kwa Mulima.”

Cyakoze, ahagana igihe c’isaha z’umugoroba wajoro w’ahar’ejo Colonel Karateka wagenzuraga ikigo kiri mu irango rya Ugeafi yamanutse i Baraka n’abasirikare be bose. Bikavugwa ko yahamagajwe kuja gutanga musada kwa Mulima no mu Rusuku.

Ariko ntibizwi ko yahise atanga uwo musada, ikizwi gusa nuko yamanutse i Baraka ahamagawe igitaraganya.

Ubundi kandi kugeza isaha ya saa tanu zijoro ryaraye rikeye, ziriya ngabo zasigaye zari zitarasubira mu bigo zagenzuraga.

Hagataho, umutekano wo muri ibyo bice ukomeje kuzamba nyuma y’ibyo bitero byakozwe ku munsi w’ejo ku wa kabiri.

Ndetse hari n’amakuru avuga ko iri huriro ry’ingabo za Congo ririmo kwikusanyiriza kuri Point Zero, ngo rigabe ibitero mu mihana y’Abanyamulenge iri mu Minembwe.

Tags: BibogobogoFardcIhahanuka
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails
Next Post
Umuriro w’imbunda z’amadubu watumye abakorera mu kwaha kwa Leta bagira ihahamuka!

Umuriro w'imbunda z'amadubu watumye abakorera mu kwaha kwa Leta bagira ihahamuka!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?