• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Alexis Nyamusaraba ngoyaba yamaze kw’iyunga n’ingabo za RDC kurwanya abaturage b’irwanaho.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2023
in Uncategorized
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe witwara Gisirikare wa Gumino ngowaba wamaze gushiraho nimugihe bivugwa ko uyu mutwe wiyunze n’ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo(FARDC). Mu Makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko uwitwa Alexis Nyamusaraba warumaze igihe kingana n’umwaka urenga aherereye i Bujumbura mugihugu c’u Burundi ko aheruka kongera kugaruka ku Ndondo ya Bijombo. Aho byemezwa n’abaturage ko yahageze mumpera ziki Cyumweru gishize.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

N’kuko iyi nkuru ikomeza ibivuga nuko Nyamusaraba amaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, yageze muraka gace yambaye impuzakano(Uniform) ya FARDC ndetse ubwe ngo abwira bamwe mubaturage ko y’iyunze n’izi Ngabo za FARDC zikorera mu Misozi Miremire y’i Mulenge mubice byo muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Kuri ubu uyu wahoze ari Inyeshamba kuva mu mwaka wa 2005 akaba yamaze gushira ibirindiro mugace kitwa ku Kamacumu kari mu bilometre bike n’Umuhana wa Masoro hafi no Kuwugethi.

Gusa ntaco Soseyete sivile yomuribyo bice irabivugaho cangwa ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa ndetse na FARDC. Aya Makuru n’amakuru dukesha bamwe mubaturage.

Ubwo twahabwaga iyi nkuru byanavuzwe ko uyu Nyamusara yashize ibirindiro mu Marembo agana mw’ishamba rya Bijabo(ku Kamacumu) murwego rwo kwitegura intambara ngo N’abaturage b’irwanaho nimugihe ingabo za FARDC zikorera mu Bijombo zari ziheruka gukoresha i Nama n’abaturage yari Nama ya yoboye n’umusirikare uvuka muri bice Col Mutebutsi aho yasabye abaturage b’irwanaho ko bagomba kurambika imbunda hasi maze ngo ingabo za RDC akaba arizo zirinda umutekano bitaba ibyo ngo FARDC ikaz’ibambura kumbaraga. Tubibutse ko no mu Minembwe haheruka gukorwa i Nama yabasirikare n’abatware ba Minembwe isa niyo yabaye ku Ndondo ya Bijombo aho izi Ngabo za FARDC zisa nizakuriye inzira kumurima ko zishaka kurwanya abaturage ba Twirwaneho.

Bikavugwa ko niba koko Nyamusaraba yaramaze kwiyunga n’ingabo za RDC ngo FARDC niyo yamutegetse gushira ibirindiro murikariya gace ko Kamacumu. Gusa na none hakaba harandi Makuru avuga ko ibya Nyamusaraba kw’iyunga na FARDC byaba bikiri mubiganiro hagati yabo ariko hataragera ko bahita bitwa ingabo za FARDC.

Ni mugihe kandi uwitwa Koboyi na Kimararungu bazwiko ari byegera by’uyu Nyamusaraba ko bo batakibarizwa ku Ndondo aho byemezwa ko berekeje mu Mikenke muri Secteur ya Itombwe, teritware ya Mwenga hafi na Minembwe aha bakaba bari mubirindiro by’ingabo za Congo zomuri Batayo iyobowe na Colonel John. kandi uyu Kimararungu kowe yaranaheruka Kinshasa aho yarikumwe na Colonel Richard Tawimbi akaba ariwe wanazaniye aba ba Gumino impuzakano za FARDC.

Ibi bibaye mugihe Mubibogobogo ho harihagize igihe havugwa Inyeshamba za Mai Mai kozaba zishaka kurwanya abaturage ba Banyamulenge baturiye ibyo bice ariko mu makuru yatanzwe mw’ijoro ryo kuwa Mbere rishira kuri uyu wa Kabiri n’uko ziriya Nyeshamba ngo zaba zamaze kuzingura zisubira iyo zaje ziva. Abaturage ba Banyamulenge bakaba bari bafatikanije n’ingabo za RDC bikaba aribyo bikekwa ko ziriya Nyeshamba ko ariyo mpamvu zihise zisubirayo nta ntambara ibaye.

By Bruce Bahanda.

Tariki 26/09/2023.

Tags: Alexis Nyamusaraba ngoyaba yamaze kw'iyunga n'ingabo za RDC mu kurwanya abaturage b'irwanaho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Abaturage basaga 14 biciwe Beni abandi 10 barashimutwa n'inyeshamba zo mu mutwe wa ADF Naru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?