• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 12, 2025
in Regional Politics
0
Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC).

Iyo nama yari iteganyijwe kubera i Washington ku wa Kane, tariki ya 13/11/ 2025, yagombaga kugaragaza intambwe nshya mu mubano w’ibihugu byombi, byari biteganyijwe gusinya amasezerano y’ubufatanye mu rwego rwo guteza imbere ubukungu bw’akarere no gushimangira umutekano mu Burasirazuba bwa Congo.

Amakuru yemeza ko iki cyemezo cyo gusubika inama cyafashwe ku munota wa nyuma n’abayobozi ba Dipolomasi ya Amerika, biturutse ku kutumvikana ku ngingo zimwe zikomeye zari ziri mu masezerano, zirimo uburyo bwo gukemura amakimbirane mu Burasirazuba bwa RDC no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ikorera muri ako karere.

Umwe mu badipolomate b’i Washington wabigize ubwiru, yabwiye itangazamakuru ko “Amerika ikomeje gushaka inzira yo guhuza impande zombi mu buryo burambye kandi buboneye, ariko hari ibintu byagombaga kubanza gusobanuka mbere yo gusinya amasezerano.”

Kuva mu myaka ishize, umubano hagati ya Kigali na Kinshasa waranzwe n’ubushyamirane bushingiye ku mutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, Kinshasa ishinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23, mu gihe u Rwanda rwo ruhakana ibyo birego, rukavuga ko rufite impungenge z’umutekano zituruka ku mitwe ikorera muri Congo, irimo FDLR.

Iyi nama yari yitezweho gutanga icyizere gishya ku mubano w’ibihugu byombi, ndetse no gukomeza ubufatanye mu rwego rw’ubukungu n’umutekano mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Gusa gusubikwa kwayo bisize urujijo ku hazaza h’iyo gahunda y’ubwiyunge.

Ubuyobozi bwa Amerika ntiburatangaza igihe inama izongera gutegurwa, ariko bwemeje ko ibiganiro hagati y’impande zombi bizakomeza mu buryo bw’ibanga kugira ngo habeho umusaruro urambye.

Tags: InamaKagameTahisekediWashington DC
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Leta yatangije gahunda yo kwakira intwaro ku bushake, abazajya bazitanga bazajya bishurwa

RDC: Leta yatangije gahunda yo kwakira intwaro ku bushake, abazajya bazitanga bazajya bishurwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?