• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe mu Burundi imfungwa zirenga 5000 zahawe imbabazi.

minebwenews by minebwenews
November 16, 2024
in Regional Politics
4
Bidasanzwe mu Burundi imfungwa zirenga 5000 zahawe imbabazi.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe mu Burundi imfungwa zirenga 5000 zahawe imbabazi.

You might also like

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yategetse abayobozi bashyinzwe amagereza atandukanye yo muri iki gihugu ko mu byumweru bibiri bagomba kuba barekuye imfungwa 5,442 zari zimaze igihe zifunzwe.

Iri tegeko perezida w’u Burundi yaritanze ku itariki ya 14/11/2024, ubwo yari yagiriye uruzinduko mu Ntara ya Muramvya, anasobanura ko abikoze mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu magereza y’u Burundi.

Abagiye kurekurwa ku rwego rw’igihugu ni 5,442, bivuze ko ari 41% byabasanzwe bafungiwe muri gereza zo mu Burundi, aho umubare w’abafunze bose ku rwego rw’igihugu ari 13,211.

Abahawe imbabazi biganjemo abakoze ibyaha bito, abujuje kimwe cya kane cy’igifungo bakatiwe, abageze mu zabukuru, n’abarwaye indwara zikomeye cyangwa zidakira.

Perezida Ndayishimiye yavuze ko amagereza y’u Burundi arimo ubucucike bukabije, ndetse ko ubushobozi bwo kwita ku bafungwa bugerwa ku mashyi.

Avuga ko kugaburira, kwambika, kuvuza no guha imfungwa iby’ibanze bikenerwa mu buzima bwa buri munsi ari umutwaro ku ngengo y’imari y’igihugu.

Yagize ati: “Ndabizi ko barekuwe amafaranga bishyurirwaga, nta wakongera kuvuga ngo abanyeshuri babuze intebe cyangwa ngo babuze ibitabo. Ni mwumve ukuntu duhomba.”

Ndayishimiye yibukije ko buri mwaka Leta ikoresha hafi miliyari 15 z’amafaranga y’amarundi muri za gereza, avuga ko ayo mafaranga ari menshi akwiye gukoreshwa mu kubaka amashuri n’amavururo.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, Ndayishimiye yatanze imbabazi, ariko ku munsi wa mbere harekurwa abantu 500, biza guhagarara ku mpamvu zitamenyekanye.

Raporo ya komisiyo yigenga ishinzwe kurengera uburenganzira bw’ikiremwa muntu mu Burundi (CNIDH) yo mu 2023 yagaragaje ko abarenga ibihumbi 13 bafunzwe , harimo abagera ku bihumbi bitandatu bafunzwe nta dosiye, ndetse n’abandi 136 bari bafite uburwayi bwo mu mutwe.

Tags: 5442Evariste NdayishimiyeImbabaziImfungwa
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

Menya ibyimbitse ku bayobozi ba Israel bateraniye i Kigali mu Rwanda.

Comments 4

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    cronadyn vs priligy For each sample, the average percentage of labeled cells of interest from the total number of cells was calculated based on the values obtained from 4 to 5 fields of image

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    Such facilities are important for a wide range of medical conditions, for which cancer forms only a small percent, and they require a much larger effort and investment to set up and maintain, particularly the training of skilled personnel dapoxetina comprar online Carico has been named to the 2017 Edition of The Best Lawyers in America, the oldest and most respected peer review publication in the legal profession

  3. Ensuent says:
    2 years ago

    The pleura consists of a two layered membrane that covers each lung medicamento priligy estudios clinicos

  4. Ensuent says:
    2 years ago

    what is priligy tablets Our results suggest PKCО± overexpression may play a role in growth signalling during the shift from hormone dependent to hormone independent breast cancers

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?