• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2025
in Regional Politics
0
Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi n’umugaba mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, General Prime Niyongabo, bararebana ay’ingwe bapfa amabuye y’agaciro bavana muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubushamirane hagati y’aba bayobozi bo hejuru mu gihugu cy’u Burundi, bwa kajije umurego nyuma y’aho uyu mu jenerali yari yafunguye abofisiye babiri bo mu ngabo z’u Burundi Ndayishimiye yari aheruka gufunga.

Amakuru avuga ko bafunzwe ubwo bashinjwaga kwinjiza amabuye y’agaciro i Bujumbura mu buryo bwa magendu.

Bakaba baratawe muri yombi mu kwezi gushize ubwo bavaga mu Burasirazuba bwa Congo , hari nyuma y’uko umushoramari Juvenali Hajayandi ufite isoko ryo kugaburira abasirikare b’u Burundi bari mu ntambara muri Kivu y’Amajyepfo afunzwe, na we akekwaho uruhare mu kwinjiza amabuye y’agaciro mu Burundi.

Bakimara gufatwa, aba basirikare bajyanywe ku biro bikuru by’umushinjacyaha mukuru kubazwa ibibazo, maze baza koherezwa muri gereza nkuru iherereye ku Musaga i Bujumbura.

Usibye kuba bashinjwa kwinjiza amabuye y’agaciro mu gihugu muburyo bunyuranyije n’amategeko, banashinjwa kandi kucyinjizamo n’ibikomoka kuri peteroli ndetse n’ibitenge barangiye i Uvira n’i Baraka.

Kandi ibi ngo bakabikora bakoresheje imodoka za gisirikare zigenewe kugemurira ibiryo abasirikare.

General Niyongabo amaze kumenya ko bariya ba ofisiye bafunzwe, mu ijoro ryo ku itariki ya 28/07/2025, yagiye kubafungura . Anahita abohereza kandi mu butumwa bwa gisirikare muri RDC.

Iki cyemezo Gen.Prime Niyongabo yafashe, cyarakaje Umushinjacyaha mukuru, Leonard Manirakiza, na perezida Evariste Ndayishimiye, kuko bagifashe nk’ikimenyetso kibahamiriza ko abifitemo uruhare mu kwinjiza amabuye y’agaciro i Bujumbura mu buryo bwa magendu.

Amakuru atangwa n’abashinzwe umutekano mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko Ndayishimiye yageze aho atekereza kwirukana Gen Niyongabo, ariko ngwaza gutinya ko ari icyemezo cyakurara byinshi muri Leta ye, kandi n’ubundi basanganwe ibibazo birimo iby’ubukungu n’ibindi bijyanye na politiki.

Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC hagendewe ku masezerano ibihugu byombi byagiranye mu by’umutekano. Ndayishimiye akimara kohereza abasirikare biwe mu Burasirazuba bwa RDC, perezida Felix Tshisekedi yahise amugenera ishimwe rya miliyoni 2 z’amadolari y’Amerika.

Kubera aya masezerano, mu 2023, Tshisekedi yemereye abasirikare b’u Burundi guhembwa burumwe uri ku rugamba umushahara w’amadolari 5000 ku kwezi,ariko bivugwa ko bakomeje guhembwa asanzwe, andi akajya mu mufuka wa perezida Ndayishimiye.

Kubera ibyo, byarakaje abasirikare ba kuru b’u Burundi bituma bamwe muri bo bigira inama yo kwishakira mu buryo bwa magendu amabuye y’agaciro aturuka muri RDC.

Ndetse bivugwa ko nka Gen Prime Niyongabo we amaze igihe kirekire muri ayo madilu.

Tags: NdayishimiyePrime NiyongaboRdcUruntu Runtu
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?