• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byinshi wa menya ku mushinga wo gusenyera Abanyamulenge mu Minembwe, ndetse n’abawurinyuma.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2024
in Regional Politics
0
Byinshi wa menya ku mushinga wo gusenyera Abanyamulenge mu Minembwe, ndetse n’abawurinyuma.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku mushinga wo gusenyera Abanyamulenge mu Minembwe, ndetse n’abawurinyuma.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni amakuru avuga ko mu Rugezi ho muri Grupema ya Basimunyaka, Secteur ya Mutambara, teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu cyumweru dusoje, ahagana mu mpera zacyo, hageze abarwanyi benshi bayobowe n’uwiyita jenerali Hamuri Yakutumba aho baje bitwaje imbunda ziremereye n’izito, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Rugezi ni agace gaherereye mu birometero nka 25 uvuye muri Centre ya Minembwe. Aha harebwaga n’abarwanyi ba Maï Maï Bishambuke nayo ivugwaho gushyigikira Yakutumba.

Mukwezi gushyize ndetse n’ukwakarindwi muri uyu mwaka, nibwo depite ku rwego rw’intara muri kivu y’Epfo, Justin Bitakwira yageze muri iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, agenda akoresha ibiganiro hari nibyabereye i Baraka. Byari ibiganiro bigamije kunga abarwanyi ba Mai Mai no kubakangurira kurimbura ubwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Bivugwa ko muri icyo gihe, ni nabwo Yakutumba na Col Ngomanzito bategetswe na Justin Bitakwira guhagararira uyu mushinga wo kurwanya Abanyamulenge mu Minembwe.

Nk’uko bizwi depite Bitakwira wateguye uyu mushinga wo kurimbura Abanyamulenge asanzwe aharagarariye Wazalendo bo muri za teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira muri leta ya perezida Félix Tshisekedi. Uyu mudepite azwiho kandi kugira urwango rukomeye ku Banyamulenge.

Nyuma yuko aba barwanyi bayobowe na Yakutumba bageze mu karere ka Rugezi ku wa kane tariki ya 04/09/2024, amakuru avuga ko bakoresheje ibiganiro mu baturage baho, babakangurira kubashyigikira bakarwanya Abanyamulenge, ariko bababera ibamba. Ni mu gihe aba baturage bababwiye ko badashobora gushyigikira intambara, ngo kuko intambara bayibayemo igihe kirekire, kandi ko batigeze bayiboneramo icyiza.

Mu itangazo Sosiyete sivile mu Minembwe yashyize hanze tariki ya 08/09/2024, riteweho umukono na perezida wayo, bwana Saint-cadet Rubibi Ruvuzangoma, rivuga ko abaturiye mu Rugezi mu Cyumweru gishize, batunguwe n’abantu benshi bageze iwabo bitwaje intwaro, kandi ko bayobowe na Yakutumba.

Rikomeza rivuga ko “Nyuma y’uko aba bantu bayobowe na Yakutumba bageze muri aka gace bagaragarije abagatuye umushinga bafite wo gusenyera Abanyamulenge, ndetse ngo baza guhuza abagaturiye no mu nkengero zako, babaganirira kuri uwo mushinga ariko aba baturage bawutera utwatsi, banabwira aba bantu bafite imbunda ko batazongera guha umwanya umuntu wese uzana intambara.

Iri tangazo kandi rigaragaragaza ko aba baturage bagaragarije Yakutumba ibyiza byo kuba mu mahoro, ndetse kandi bamusubirira mu mateka y’intambara bamazemo imyaka myinshi, n’uburyo bayitakarijemo byinshi, birimo n’uko bayiburiyemo ababo n’ibyabo.

Ni tangazo kandi rigaragaragaza ko Yakutumba yahagaritse uyu mushinga we wo kugaba ibitero mu Banyamulenge, ariko igitangaje, yohereza abarwanyi be mu gace ka Bigaragara gateganye na Kabingo na Gakangara , utu duce tukaba dutuyemo Abanyamulenge benshi abo yari afite kurwanya.

Itangazo rya Sosiyete sivile risoza risaba ko Yakutumba n’abarwanyi be, gusubira iyo baje bava mu mashyamba y’i Ngandji, ndetse kandi igasaba ko Guverinoma ya Kinshasa kwikwiye kwitandukanya gushyigikira aba barwanyi bazwiho guhungabanya umudendezo w’abaturage.

            MCN.

Tags: AbanyamulengeGusenyeraMinembweUmushingaYakutumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Byavuzwe ko FDLR ikorera Guverinoma ya Kinshasa kurusha uko igisirikare cy’iki gihugu kiyikorera.

Byavuzwe ko FDLR ikorera Guverinoma ya Kinshasa kurusha uko igisirikare cy'iki gihugu kiyikorera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?