• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yakijweho umuriro w’imbunda muri Sake.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
I Sake habyukiye urugamba rukomeye hagati ya M23 na FARDC.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yakijweho umuriro w’imbunda muri Sake.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Intambara iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yazindutse ibera mu mujyi wa Sake muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru, ndetse biravugwa ko M23 yaba yafashe uyu mujyi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano iri kubera muri Sake ihanganishije M23 n’ingabo za FARDC n’abambari bayo, amakuru avuga ko yatangiye igihe cy’urukerera rw’iki gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 23/01/2025.

Ni imirwano ikomeye kuko abaturiye inkengero zayo bavuga ko bari kumva ibiturika byinshi, kandi ko birimo kumvikanamo imbunda ziremereye n’izito.

Ati: “Imirepuko y’imbunda iraha muri Sake irakaze. Si nakubwira kuko biraturenze.”

Amasoko yacu yemeza ko ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo ingabo z’u Burundi, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro b’Abazungu baturutse i Buraya no muri Aziya, batangiye guhunga bava muri uyu mujyi muto wa Sake uherereye mu birometero nka 27 uvuye mu mujyi wa Goma.

Kuva ku wa kabiri w’iki Cyumweru turimo, urugamba rwo gufata umujyi wa sake ni bwo rwatangiye, kuko uyu mutwe wa M23 ni nabwo wigarurira uduce twunamiye mu mujyirwagati w’iyo centre.

Iyi nkuru ikemeza ko kuva mu ijoro ryaraye rikeye, ihuriro ry’Ingabo za Congo ryari muri uyu mujyi ni bwo bamwe mubarigize batangiye guhunga, ahanini abagwiriyemo ingabo z’u Burundi.

Ariko kugera ubu haba ku ruhande rwa M23 cyangwa rwa FARDC nta ruremeza ko uy’u mutwe waba wafashe uy’u mujyi, nk’uko bisanzwe bikorwa.

Gusa amakuru yo ku ruhande yemeza ko m23 yamaze kuwinjiramo kandi ko yawufashe.

M23 gufata uyu mujyi wa Sake byaba bigiye kuyorohera kwinjira mu mujyi wa Goma bitayigoye. Kimwecyo birayisaba kubanza kubohoza utundi duce twingenzi two muri teritware ya Nyiragongo twinjira muri uwo mujyi munini w’intara ya Kivu Yaruguru.

Ibyo bibaye kandi mu gihe uyu mutwe wa M23 uheruka gufata umujyi wa Minova, wo uri muri Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bakaba bageze mu birometero nka 60 uvuye mu mujyi wa Bukavu.

Tags: FardcM23Sake
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Ibigezweho ku mirwano hagati ya FARDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?