• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yateye abaturage inasahura mu mazu yabo mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yateye abaturage inasahura mu mazu yabo mu Minembwe.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Brigade ya 21 y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yateye imihana y’abaturage itandukanye, igize komine ya Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, irangije isahura n’ibyabo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ibitero bya FARDC yagabye mu baturage baturiye uduce two muri Minembwe, yatangiye ku bigaba igihe c’isaha zitatu n’igice zo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/12/2024.

Tumwe mu duce twibasiriwe n’ibyo bitero, hari ak’i Lundu, Lwiko na Lunundu kuri Evomi.

Aya makuru avuga ko iz’i ngabo za Leta mu kugaba ibyo bitero yakoresheje imbunda zirasa kure, kuko irimo irarasira mu ntera.

Ni mu gihe imbunda zayo irimo gukoresha irasa kuri Evomi mu baturage, zishinze mu ka rango hejuru ka Lunundu, naho izo ikoresha irasa mu muhana wo kwa Sironi i Lundu, zishinze mu irango ryo kwa Buhimba.

Ibi byatumye abaturage baturiye imihana yo ku Lunundu bahunga, abo ku Lunundu rwa Mutanoga, mu Basegege no muri CEPAC, bahungiye mu bice bigana Kabingo, mu gihe abo ku Lunundu rwo muri Gatolika bahungiye mu bice byo ku w’i Mishashu.

I Lundu naho abenshi bahunze cyane cyane abegereye uduce turi kuberamo imirwano.

Amakuru akomeza avuga ko “Twirwaneho yatabaye abaturage bagabweho ibyo bitero, maze urugamba rurushaho ku remera hagati y’impande zombi.”

Aya makuru kandi avuga ko FARDC yasahuye mu mazu y’abaturage ku Lunundu rw’Abakomite n’i Lundu ryo kwa Buhimba. Muri bimwe byavuzwe basahuye harimo ibishimbo, amafu n’imyenda ndetse n’amatungo magufi, ihene n’inkoko.

Hari kandi n’amakuru avuga ko hari abaturage ubwo bahungaga bava ku Lunundu, FARDC yaberekejeho imbunda irabarasa, gusa ntiharamenyekana ko hoba hari abakomeretse, usibye umuturage wakomerekeye i Lundu arashwe n’izi ngabo za FARDC.

Hagati aho akarere kose ka Minembwe karimo kumvikanamo urusaku rw’imbunda rwinshi, izi remereye n’izito.
Kugeza ubu imirwano iracyakomeye.

Uko biza kugenda bihinduka turabitangaza, nk’uko kuri Minembwe.com tubikora buri gihe.

Tags: FardcIntambaraMinembweTwirwaneho
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero FARDC yagabye mu baturage mu Minembwe, byaguyemo abasivile Babanyamulenge, gusa, Twirwaneho yayikubise inshuro.

Ibitero FARDC yagabye mu baturage mu Minembwe, byaguyemo abasivile Babanyamulenge, gusa, Twirwaneho yayikubise inshuro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?