• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo ku masasu yarasiwe mu Mikenke ubu mu ijoro.

minebwenews by minebwenews
November 3, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo ku masasu yarasiwe mu Mikenke ubu mu ijoro.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku masasu yarasiwe mu Mikenke ubu mu ijoro.

You might also like

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke nyuma y’uko ingabo za FARDC ziri muri ibyo bice zarimo zerekeza i Goma muri Kivu Yaruguru.

Mu mwanya muto ushize, mu Mikenke FARDC yarashe urufaya rw’amasasu menshi arimo ay’imbunda za mashin gun, AK-47 n’izindi.

Agace ka Mikenke karasiwemo aya masasu gaherereye muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Aya makuru avuga ko iz’imbunda ingabo za FARDC zarasaga byavuye kukuba iz’ingabo zasabwe kuva muri ibyo bice zikaja i Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kimwecyo, aya masasu yarashwe yatumye abaturiye ako gace, ndetse n’abaherereye mu nkengero zako bagira icyikango, usibye ko ntabahunze ngo babe bo kwerekera mu mashyamba, nkeretse kuba bakinze amazu yabo gusa.

Ibi byaherukaga mu mezi abiri ashyize, ubwo kandi aba basirikare bahawe umushahara wabo wari umaze igihe cy’amezi arenga ane, ukaba nawo wari ibice; icyo gihe nabwo iz’ingabo zarashe amasasu menshi bikanga abaturage, nk’ibyabaye muri iri joro nk’uko abaturiye ibyo bice bavuganye na Minembwe Capital News.

Tags: AmasasuFardcMinkenke
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027 Mu gihe u Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye byo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails
Next Post
Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

Israel ibitero yagabye muri Gaza byahitanye benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?