• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
2
Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyimbitse bikorerwa abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

You might also like

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Amakuru ava mu misozi miremire y’Imulenge avuga ko abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe, bavuye mu bindi bice byo muri kivu y’Epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bahura n’akaga gakomeye ko gusakwa; uwo basanganye ifaranga ikaba ibaye idosiye, bikarangira utawe mu nzu y’imbohe.

Mu busanzwe abagenzi bakoresha ikirere (indege) berekeza mu Minembwe, usanga bakunze kuba bavuye ku kibuga cy’indege cya Kavumu giherereye i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Abandi baturuka ku kibuga cy’indege cya Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Usanga kandi aba bagenzi biganjemo cyane Abanyamulenge, nubwo hari n’abandi bo mu yandi moko bagana muri ibyo bice byo mu Minembwe, nk’Abashi Abapfulero n’Ababembe ndetse n’Abanyindu bake.

Minembwe Capital News, amakuru twamenye, ayo dukesha abaturiye ibyo bice byegereye i kibuga cy’indege cya Kiziba giherereye aha muri Komine Minembwe, avuga ko abagenzi bari mu gusakwa mu buryo budasanzwe.

Umuturage watanze iy’inkuru yagize ati: “Ndi mu Minembwe. Hano abagenzi bururutse ku kibuga cy’indege cya Minembwe bari mu kuhasanga abasirikare ba FARDC nk’uko bisanzwe. Ariko umusako ubakorerwa ni udasanzwe nta nahandi uzigera uba! Bafata imyenda yose iri mu bikapo wazanye bakayipfukumurira hasi, nyuma bakagenda basaka imwe ku y’indi, barangiza, bakagukora muri buri mufuka w’ihuzu(imyenda ) wa mbaye. Uwo basanganye ifaranga nyinshi iyo ni dosiye ikaze.”

Ibi bikaba bimaze gutera umujagararo abagenzi berekeza mu Minembwe. Ari nabyo byatumye umwe agira ati: “Turambiwe nibyo dukorerwa n’ingabo za RDC mu Minembwe. Biraduhangayikishije, sitwe tuzabona tuvuye mu butware bwa Tshisekedi.”

Aya makuru anavuga ko ibyo gusaka abagenzi bituma bakerererwa kuko bamara amasaha arenga abiri bakirimo basakwa.
Mu gihe kandi baba bagifite urugendo rwo kwerekeza mu mihana baba bashaka kuganamo, dore ko bakora izo ngendo bakoresheje amaguru.

Byasonuwe ko igihe umugenzi asanganywe amafaranga menshi barazimunyaga, bakanamufunga, bakavuga ko uzishyiriye Twirwaneho.

Ibyo byabaye ku bagenzi benshi, barimo naboherejwe gufungirwa i Kinshasa bakazira ko bafite ifaranga.

Mu bamaze gufungwa bazira amafaranga yabo, harimo bwana Ndabunguye uheruka koherezwa i Kinshasa gufungwa azira ibye.
Hari n’abandi bagiye bafungirwa mu Minembwe, mu ku bafungura ntibahabwe ayo mafaranga akagenderamo.

Ibyo benshi ba bi bona ko FARDC ibikora mu rwego rwo kunyaga Abanyamulenge.
Aba Banyamulenge bakaba basaba kurenganurwa.

Tags: FardcIkibuga cy'indegeMinembweUmusako
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi ba FDLR bongeye kwisuganya begera mu Bijojwe.

Abarwanyi ba FDLR bongeye kwisuganya begera mu Bijojwe.

Comments 2

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    [url=https://fastpriligy.top/]walmart priligy[/url] ovulation pain on clomid buy clomid without prescriptions uk 50 mg clomid, clomid lh surge

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    Fred Olsen s cruise ships meet, at all times, the highest safety, hygiene and health standards, and comply fully with the strict requirements and inspections of their Flag State and relevant authorities [url=https://fastpriligy.top/]priligy usa[/url] 5 mg kg; haloperidol HALO; 0

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?