• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku buyobozi bw’intara bwashyizweho muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2025
in Regional Politics
0
Menya icyo u Burundi buri kuvuga ku mujyi wa Goma wa fashwe na m23.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku buyobozi bw’intara bwashyizweho muri Kivu Yaruguru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, rya Alliance Fleveuve Congo, ribarizwamo n’umutwe wa M23,ryashyizeho abayobozi bashya b’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni amakuru iri huriro ryatangaje riciye ku muvugizi waryo, mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, aho nawe yabitangaje ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 05/02/2025.

Kanyuka yatangaje ko Bahati Musanga Joseph ariwe wagizwe guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kandi ko azungirizwa na Manzi Willy Ngarambe, aho yashinzwe ibijanye na politiki, ubuyobozi n’amategeko.

Naho uwitwa Amani Bahati Shaddrack yagizwe visi guverineri w’iyi ntara, akaba yashinzwe imari, ubukungu n’iterambere.

Ni mugihe kandi ibyatangajwe n’uyu muvugizi wa M23 mu bya politiki, byemeza ko iri huriro ryanashyizeho n’umuyobozi w’umujyi wa Goma ndetse n’abayoboye amakomine.

Uwagizwe Meya w’umujyi wa Goma ni Ndaliani Julien, aho y’ungirijwe na Ngabo Desire.

Mugihe Mukadisi Nirere Helene yabaye burugumestre wa komine ya Goma. Naho Bikuru Crispin aba burugumestre wa komine ya Karisimbi. Bikaba bizwi ko uyu mujyi wa Goma ugira Komine ebyiri gusa.

Undi wagizwe burugumestre ni Kulu Musubao wahawe kuyobora komine ya Kirumba iherereye mu majyepfo ya teritware ya Lubero, ahagize iminsi abarwanyi ba M23 barahigaruriye.

Ibyo byakozwe mu gihe Leta ya Kinshasa nayo mu Cyumweru gishize yimitse guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho yashyizeho Maj. Gen. Evariste Somo Kakule, wasimbuye Maj.Gen. Peter Cirumwami Nkuba uheruka kwicirwa mu ntambara, iki gisirikare gihanganyemo n’umutwe wa M23.

Somo Kakule, ibirori byo ku mwimika byabereye mu mujyi wa Beni, hanze y’umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kimwecyo, i Beni naho hasanzwemo icyicaro cya kabiri cy’iyi Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ibya M23 bikaba bitandukanye n’ibyo Leta ya Kinshasa yakoze, kuko yo ibirori byo kwimika guverineri w’iyi ntara ya Kivu Yaruguru, yabikoreye i Goma mu mujyi. Aho iheruka kubohoza ihambuye iri huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Ibikorwa bya Maj.Gen. Somo Kakule yabitangiriye mu kuvugurura imihanda, aho yasanye umuhanda wa Mbau-Kamango muri Beni aho akorera.

Ndetse mu ijambo yagejeje ku baturage, yababwiye ko mu bimuraje ishinga cyane harimo kuzamura ibikorwaremezo mu bice bikiri mu maboko y’ingabo za Leta ya Kinshasa, muri Kivu Yaruguru.

Uyu mujyi wa Beni ushyinzemo ibiro bya guverineri ku ruhande rwa leta, uherereye mu birometero birenga 340 uvuye mu mujyi wa Goma. Nyuma y’ijambo rye, abenshi mu baturage bahise bavuga ko ntacyo bamwitezeho, ku byo kugarura ibice bigenzurwa na M23.

Kumbuga nkoranyambaga, Abanye-kongo bahise batangira kwandika bagira bati: “Ni gute Jenerali woherejwe kuyobora intara , atangaza ko ibimuraje ishinga birimo ibyo gusana imihanda?”

Banagaragaza ko biteye isoni kuba atangiye imirimo yifotoza afite umwihariko w’abafundi, aho kujya ku mirongo y’urugamba ngo yirukane M23.

Abandi nabo bagaragaje ko ibi bigaragaza imiyoborere idahamye ya perezida Félix Tshisekedi.

Ariko bikaba bizwi ko Kakule yahoze ari komanda kuva mu 2023, aho muri iyo myaka yose yari ayoboye brigade ya 31, isanzwe ifatwa nk’iyambere yibitseho indwanyi zikomeye mu gisirikare cya Congo(FARDC). Bivuze ko nawe ari ndwanyi.

Gusa, uyu Kakule yageze aho asezeranya abaturage be ko bitewe n’uko urugamba ruzagenda azageraho akimurira ibiro bye i Goma, asaba abasirikare ba FARDC na Wazalendo gushikama bakisubiza ibice byose bambuwe na M23.

Tags: GomaGuverineriM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.

Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?