• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 28, 2025
in Regional Politics
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

You might also like

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w’Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93.

Ni amakuru yemejwe n’abo mu muryango we, aho babwiye itangazamakuru ko Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo yatabarutse mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri, itariki ya 28/10/2025.

Bavuga ko yatabarukiye mu bitaro by’i Nairobi mu gihugu cya Kenya, aho yaratuye, banagaragaza ko yazize indwara n’izabukuru.

I se wa Speciose Mukabayojo yari Musinga wayoboye u Rwanda kuva mu 1896 kugeza 1931. Nyina akaba yari Umwamikazi Nyiranteko ya Nzagura.

Ni mu gihe kandi basaza be ari abami b’u Rwanda, ari bo Mutara III Rudahigwa na Kigeri V Ndahindurwa.

Speciose Mukabayojo yabonye izuba mu mwaka wa 1930, akurira mu ngoro y’ubwami mu bihe bya nyuma by’ubwami bw’u Rwanda mu myaka ya 1950, yashingiwe igikomangoma Bideri mu bukwe amateka agaragaza ko bwari ubwa cyami bwabaye ikirori kidasanzwe.

Byanavuzwe ko yari umwana wa nyuma wari usigaye w’Umwami Musinga. Urupfu rwe rurangije igice cy’amateka y’ubwami mu Rwanda.

Tags: IgikomangomakaziMutaraSpeciose Mukabayojo
Share39Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage Mu Burundi hadutse inkuru ikomeye yateje impaka n’impungenge mu baturage, nyuma y’itabwa muri yombi ry’abapolisi batanu bakekwaho kwambura umuturage...

Read moreDetails

Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali

by Bahanda Bruce
April 10, 2026
0
Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali

Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje akababaro kenshi anihanganisha imiryango y’abasirikare baguye mu gitero cyagabwe ku kigo cya...

Read moreDetails

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

by Bahanda Bruce
April 9, 2026
0
Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru Mu isi y’iki gihe irangwa n’ihindagurika ryihuse mu bya...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?