• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ibyo M23 igishinja

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 3, 2025
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ibyo M23 igishinja
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ibyo M23 igishinja

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Brigadier General Gaspard Baratuza, yavuze ko ibyo umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Congo ubashinja ari ibinyoma.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ni mu butumwa Brig.Gen.Gaspard yatambukije kuri x yahoze yitwa Twitter, ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 02/10/2025.

Muri ubwo butumwa yavuze ko M23 ishinja igisirikare cyabo ibinyoma, igamije guhuma amaso amahanga, mu rwego rwo kugira igere ku migambi yayo.

Yagize ati: “Ibyo M23 idushinja byo gukoresha drones tukarasa ku baturage n’ibinyoma byambaye ubusa. Irashaka guhuma amaso amahanga kugira imigambi yayo iri gutegura iyigereho.”

Ni nyuma y’uko uyu mutwe wa M23 ugize iminsi ushinja Ingabo z’u Burundi kugaba ibitero ikoresheje ama-drones mu bice bitandukanye byo mu Burasirazuba bwa RDC, harimo n’ibyo giheruka kugaba mu Mikenke no mu nkengero zayo ku misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu yepfo n’ahandi.

Tariki ya 29 z’ukwezi kwa Cyenda uyu mwaka, drones yagabye ibitero mu gice cya Mikenke muri secteur ya Itombwe teritware ya Mwenga, gisenya amazu agera kuri ane.

Amashusho abigaragaza, yerekana amazu atatu yasenyutse yika hasi, mu gihe indi imwe yari yasenyutse igikuta kimwe. Ariko byavuzwe ko nta bantu bari bayarimo, ni nyuma y’uko bari bahunze kubera ibitero bya Wazalendo.

Ku munsi w’ejo ku wa kane nabwo, M23 yashinje igisirikare cy’u Burundi kugaba ibitero muri teritware ya Rutshuru na Lubero bigasenya imihana y’abaturage.

Ni mu gihe kandi ibindi bitero bya Sukhoi-25 na drones byagabwe i Nzibira muri teritware ya Walungu ku wa mbere muri iki cyumweru, nabyo bigasenya imihana y’abaturage baho.

Uyu mutwe wagaragaje ko ziriya drones zitegurirwa i Bujumbura mu Burundi ni Uvira mu ntara ya Kivu y’Amaj’epfo.

Unagaraza ko wo uzakomeza kurinda abasivili n’ibyabo, ariko ko utazihanganira ibyo Ingabo z’u Burundi zikora ku bufatanye n’iza RDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa Wazalendo n’uwa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Tags: DroneIgisirikare cy'u BurundiM23

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?