• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igitero FARDC yagabye mu Kalingi yagihuriyemo n’uruva gusenya.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2025
in Regional Politics
0
148
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero FARDC yagabye mu Kalingi yagihuriyemo n’uruva gusenya.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Uyu munsi ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), kubufatanye n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo, zagabye igitero mu Kalingi ahatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, maze Twirwaneho yirwanaho izikubita inshuro.

Kalingi ni agace kabarizwa muri Secteur ya Itombwe, teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Kakaba gaherereye hagati ya Mikenke n’i Lundu.

Igihe c’isaha ya saa tatu z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere, tariki ya 10/02/2025, ni bwo ingabo zirimo iza FARDC, FDLR na Wazalendo zagabye igitero gikaze muri aka gace ka Kalingi.

Bikavugwa ko nyuma y’aho aka gace kagabwemo icyo gitero, Twirwaneho yirwanyeho, ibasha gusubiza inyuma iki gitero cyari kigambiriye kumaraho ubwoko bw’Abanyamulenge bugaturiye.

Ndetse kandi uru ruhande rwa Leta rwari rwagabye iki gitero, rwaguyemo umusirikare mukuru ufite ipeti rya Captain, aho yapfanye n’abandi basirikare benshi barimo n’uwamurindaga.

Ikindi n’uko Twirwaneho yirukanye iz’i ngabo zirwana ku ruhande rwa leta izivana mu Kalingi, zikomeza ziruka zihuruka ibisambu bizwi nka Nyarubira ziri kwiruka, izigeza neza hafi n’ikambi yazo iri mu Mikenke, iyo zaturutsemo zigabye igitero.

Gusa, ubwo iz’i ngabo zageze mu Mikenke ziri guhunga, zanyaze inka z’Abanyamulenge, zibarirwa muri 40, zirasa n’ibisasu mu ikambi y’abakuwe mu byabo iri mu Mikenke hafi n’ahubatse ikambi y’aba basikare ba FARDC bagabye kiriya gitero.

Aya makuru avuga kandi ko ku bitaro bikuru bya Mikenke, mu kanya gashyize byari bimaze kugeramo inkomeri icumi zo kuruhande rwa Leta, ariko imirwano ikaba imaze guhagarara.

Aya makuru agira ati: “Ubu birahagaze, kandi abantu bose bamaze gusubira mu mazu yabo. Mu bitaro bikuru bya Mikenke bimaze kugeramo inkomeri za FARDC icumi.”

Kurundi ruhande, Wazalendo na FDLR bahise bisuka ku bwinshi muri aka gace ka Mikenke, aho bakagezemo baturutse mu Gipupu no mu bindi bice byo muri teritware ya Mwenga ndetse na Fizi.

Ni mu gihe na Twirwaneho itari kure, kuko iri aho hafi. Impande zombi zikaba zikiri kurebana ayingwe, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Tags: FardcIgiteroKalingiMikenkeTwirwaneho
Share59Tweet37Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.

Iby'abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?