• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2024
in World News
0
Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera.

You might also like

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

Ni myigaragabyo igiye kumara iminsi ingana n’icyumweru ibera ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Kenya ahanini abayikora biganjemo urubyiruko rw’abasore n’inkumi, baramagana umushinga w’itegeko rishya ry’u bukungu ryongera imisoro.

Abaturage baramagana uyu mushinga, bavuga ko ugamije gukomeza guhonyora imibereho yabo n’ubundi itaboroheye, ndetse n’ubukene bwakomeje kuvugwa kuva perezida William Ruto yagera ku ngoma.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25/06/2024, inzego zishinzwe umutekano zari zawukajije ku biro bimwe by’ibigo bya leta birimo ku nguro y’inteko ishinga mategeko, ku biro by’u mukuru w’igihugu ndetse no kuri za minisiteri.

Gusa amakuru atangwa n’abaturage baturiye umurwa mukuru w’i Nairobi avuga ko nyuma yasaa sita z’ejo hashize, abigaragambyaga bakozanijeho bidasanzwe n’abapolisi, ndetse bakabanesha, ubundi bakinjira mu ngoro y’inteko ishinga mategeko.

Iyi myigaragabyo yafashye indi ntera nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, inteko ishinga amategeko itoye umushinga w’itegeko rigamije kongera miliyari 2,7$ ku misoro, hagamijwe kwikura mu myenda y’inguzanyo iremereye iki gihugu gifite.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza rumwe mu rubyiruko ruri muri iyi myigaragabyo, rwamaze kugera mu nteko, ndetse ruri gushwanyaguza bimwe mu birango by’igihugu, nk’amabandera, ndetse runangiza na bimwe mu bikoresho nk’intebe.

Ku wa Mbere, perezida William Ruto yari yahamagaje abari muri iyi myigaragabyo, abizeza ko ubuyobozi bugiye gusuzuma ubusabe bwabo, gusa bamwe mu basesenguzi bavugaga ko mu byo yatangaje bidatanga igisubizo cy’ibyo Abanyakenya basaba.

Byanavuzwe kandi ko muri iyi myigaragabyo yaguyemo abantu 10 , bakaba baguye hafi n’ingoro y’inteko ishinga mategeko, mu gihe abandi benshi bakomeretse.

Kimweho ku mu goroba wo kuri uyu wa Kabiri, William Ruto perezida wa Kenya yatangaje ko leta itazihanganira abateguye , n’abatera inkunga imyigaragambyo imaze iminsi muri icyo gihugu.

Mu ijambo yagejeje ku gihugu yasobanuye ko bagiye guhagarika abo bose yavuze ko bateguje imvururu bakora ibikorwa byo kugambanira igihugu.

Perezida William Ruto yanategetse ko inzego zose z’umutekano gukumira ibyo avuga ko ari umugambi w’abagizi ba nabi wo guhungabanya umutekano n’umudendezo by’i gihugu.

                 MCN.
Tags: ImyigaragambyoKenyaYafashe indi ntera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
June 23, 2026
0
BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Iran yongeye kugaragaza umwuka w’uburakari n’ubwumvikane buke bukomeye ku mibanire yayo na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano hagati ya...

Read moreDetails

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

by Bahanda Bruce
June 19, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi ibibazo by’umutekano muke n’ihangana rya dipolomasi hagati y’ibihugu bikomeye, ibiganiro hagati ya Leta Zunze...

Read moreDetails

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye Mu gihe isi yose ikomeje gukurikiranira hafi umwuka mubi wari umaze amezi...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Umututsikazi Uwera Grace yishwe urwagashinyaguro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umututsikazi Uwera Grace yishwe urwagashinyaguro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?