• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyitwarire y’ingabo za RDC mu Minembwe irakemangwa.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in Regional Politics
0
Imyitwarire y’ingabo za RDC mu Minembwe irakemangwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyitwarire y’ingabo za RDC mu Minembwe irakemangwa.

You might also like

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

Ni bikubiye mu ibarua umuyobozi mukuru wa Sosiyete sivile yo muri Minembwe, Ruvuzangoma Saint-cadet yashize hanze ku itariki ya 07/09/2024, aho ishinja Ingabo za Leta ya Kinshasa ziri mu Minembwe kugira imyitwarire idahwitse ibangamira uburenganzira bw’abaturage bo muri aka karere ko mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Epfo.

Iyi barua igaragaza ko Colonel Lwamba J.Pierre ureba brigade ya 21 y’ingabo za FARDC mu Minembwe, we n’abasirikare be bakomeje kurangwa n’ibikorwa byibasira nabi abasivile bo muri aka gace.

Mubyo bavuga, harimo ko bata muri yombi aba basivile buzira impamvu, kubashyiraho iterabwoba ndetse no kubakangisha ku bica.

Batanze urugero rwa vuba, bavuga ko ku itariki 16/08/2024, Umushumba Katoshi Mukwezi yatawe muri kasho(afungirwa muri kontineri), azira ko atakiriye Colonel Lwamba ubwo yageraga mu Minembwe, kandi abwibwa ko mukuza kwakira uyu musirikare mukuru yagombaga kuba yaraje yitwaje ibahasha irimo amafaranga.

Bityo, agashinjwa ko kuba ataraje kwakira uyu Colonel, ngo bigaragaza ko akorana byahafi na Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michelle. Twirwaneho niyo irwanirira abaturage ba Banyamulenge.

Iyi barua ikomeza ivuga ko umukozi w’Imana Katoshi Mukwezi, uvuka mu bwoko bw’Abashi ariko ukorera umurimo w’Imana mu Minembwe Centre, yaracunagujwe ubwo yari afunzwe, ndetse ngo byageraga aho bamupfukama munda ari nako yakubitwaga imigeri n’ibipfunsi, ngo nubwo nyuma yaje kurekurwa.

Usibye ibyo, abachefs n’abaturage nabo barahohoterwa kandi bagashirwaho iterabwaba n’izi ngabo za FARDC zikorera muri ibi bice byo muri Komine ya Minembwe.

Sosiyete sivile ikaba yamaganye ubwo bugizi bwa nabi bukorerwa abasivile kandi bukozwe n’Ingabo zo muri brigade ya 21.

Isaba kandi ko inzego za Leta n’iza gisirikare kwihutira gukemura iyi myifatire mibi y’ingabo za RDC muri Minembwe.

Ku rundi ruhande, ibitero bya Maï Maï biri kuvugwa muri Bikarakara mu birometero bike uvuye muri centre ya Minembwe, hari n’amakuru avuga ko brigade ya 21 ikorera mu Minembwe ishigikiye Maï Maï kugaba ibi bitero mu Banyamukenge. Kimweho Yakutumba waje ayoboye aba barwanyi ntakiriko avuga rumwe n’abaturage ba Rugezi.

Bikavugwa ko ibyo bitero bishobora kudakorwa mu gihe Maï Maï yakomeza kutumvikana hagati yabo. Nubwo biruko si ubwa mbere Fardc ishinjwa gushyigikira abarwanyi ba Maï Maï kuko no mu bitero byo ha mbere yashinjwaga gukorana byahafi na Wazalendo.

           MCN.
Tags: CentreFardc ishinjwaKugira imyitwarire mibiMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye Mu rwego rw’umutekano mpuzamahanga, ubutasi bwabaye imwe mu nkingi z’ingenzi zigena imbaraga z’ibihugu. Muri iki gihe isi...

Read moreDetails

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, haravugwa inkuru ikomeye ijyanye n’abimukira b’Abanya-Colombia bari ku butaka bw’iki...

Read moreDetails

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington A member of the United States Congress, , has expressed his views on the protest organized by the...

Read moreDetails

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington Un membre du Congrès des États-Unis, Joe Wilson, a exprimé son point de vue à propos de la manifestation...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zagaragaje Icyo Zibona ku Myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington Mu gihe ikibazo cy’umutekano n’uburenganzira bwa muntu gikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyagabye igitero gikaze muri Siriya, kigwamo abantu benshi.

Igisirikare cya Israel cyagabye igitero gikaze muri Siriya, kigwamo abantu benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?