• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za MONUSCO zari Kamanyola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahavanwe.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2024
in Regional Politics
1
Ingabo za MONUSCO zari  Kamanyola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahavanwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zavanwe Kamanyola, ikambi zari zirimo ihabwa ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umuhango wo kuvana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, muri Kamanyola, ho muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bintou Keita akoresheje urubuga rwe rwa X, yashize inyandiko hanze kuri uyu wa Gatatu, agaragaza ko yagiriye uruzinduko i Bukavu, ku murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga kandi ko muri urwo ruzinduko haza kubamo impinduka, ko ndetse yaganiriye n’ubuyobozi bw’iyo Ntara ku bibazo by’u mutekano.

Yagize ati: “Monusco yashize imbaraga mu kibazo cy’u mutekano, kandi ibi by’u mutekano muke, Sosiyete sivile yabigarutseho ubwo twari mu Nama i Bukavu, iyo na koranye n’ubuyobozi bw’i Ntara, ku rwego rw’i gisirikare ndetse n’izindi nzego z’itandukanye.”

I Nama yahuje Bintou Keita n’ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 27/02/2024. Nyuma y’iyi Nama Bintou Keita yahise yerekeza i Kamanyola, aho muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, yavanye ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO i Kamanyola aho izo ngabo zari ziri hashirwamo ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bi kavugwa ko Monusco yari i Kamanyola ko ihita yoherezwa i Goma, nk’uko urubuga rwa Monusco rwaraye rutangaje ko “ubufatanye bw’Ingabo za Monusco na FARDC ko bagiye gushira ingufu mu kurinda u Mujyi wa Goma ntuje mu maboko ya M23.

Bagize bati: “Ingabo za MONUSCO na FARDC, tugiye kongera operasiyo yo kurwanya M23 kugira turinde u Mujyi wa Goma, ntufatwe n’uwo mutwe.”

K’u rundi ruhande birahwihwisa ko Monusco ko y’aba itangiye gucura ingabo zabo muri gahunga ubutegetsi bwa Kinshasa bugize igihe busaba ko izo ngabo zivanwa ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

                     MCN.
Tags: KamanyolaMonuscoZahavanwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe M23 iharanira amahoro n’umutekano Monusco yo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta bakomeje ku wudobya.

Mugihe M23 iharanira amahoro n'umutekano Monusco yo n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa leta bakomeje ku wudobya.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Nibagende twavugiki!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?