• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi byemejwe ko zapfiriye gushira muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
December 10, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi byemejwe ko zapfiriye gushira muri Kivu y’Amajy’epfo.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi byemejwe ko zapfiriye gushira muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Impuguke z’umuryango w’Abibumbye zemeje bidashidikanywaho ko abasirikare b’u Burundi barenga 35 biciwe muri Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho baguye mu bitero bagabweho n’umutwe wa Red-Tabara.

Ni amakuru akubiye muri raporo impuguke za LONI zashyize hanze muri iki Cyumweru, igaragaza ko abasirikare b’u Burundi bapfiriye mu bitero bagabweho hagati ya tariki ya 25 ukwezi kwa Cyenda na 26 y’ukwezi kwa Cumi uyu mwaka.

Raporo ikomeza ivuga ko ibyo bitero byakozwe n’umutwe witwaje imbunda urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wa Red-Tabara.

Si abapfuye gusa iyi raporo ivuga kuko inahamya ko ibyo bitero byakomerekeyemo ingabo z’u Burundi nyinshi, kandi ko no muri izo nkomere, inyinshi byarangiye zitabye Imana.

Ibyo bitangajwe mu gihe umuvugizi wa Red-Tabara, Patrick Nahimana, aheruka kwemeza ko abarwanyi be ko bakomeje kugaba ibitero ku ngabo z’u Burundi muri teritware ya Mwenga; ndetse asobanura ko impamvu z’ibyo bitero ari uko ingabo z’u Burundi zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR mu kubashotora.

Uyu muvugizi yakomeje avuga ko mu gitero abarwanyi be bagabye tariki ya 26/10/2024, bakigaba ahitwa Tabunde ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi cyaguyemo ababarirwa kuri 45.

Nyuma y’ubwo kandi uyu mutwe wongeye kugaba ibindi bitero mu duce twa Tabunde na Rubwebwe nabyo bigwamo abandi basirikare b’u Burundi babarirwa mu mirongo.

Cyakoze umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Brig Gen Gaspard Baratuza, yaje kunyomoza ibyatangajwe n’umuvugizi w’uyu mutwe wa Red-Tabara, avuga ko uhora utangaza ibinyoma. Aboneraho no gusaba ko ibyatangajwe n’uwo mutwe biteshwa agaciro.

Yagize ati: “Nti muhe agaciro ibyatangajwe na Red-Tabara. Bahora batangaza ibinyoma.”

Ingabo z’u Burundi ziri muri Kivu y’Amajy’epfo, kuva mu kwezi kwa gatandatu umwaka w’ 2022. Iz’i ngabo zaje muri iki gihugu ku masezerano y’ibihugu byombi. Inshingano zabo nyamukuru ni ukurwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo n’uwa Red-Tabara na FOREBU n’indi n’indi.

Tags: FDNBGupfira gushyiraKivu yamajy'Epfo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibiri kuvugwa mu Bibogobogo.

Menya ibiri kuvugwa mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?