• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zabaga mu bice byo muri Komine Minembwe berekeje kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zabaga mu bice byo muri Komine Minembwe berekeje kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barizwa mu mutwe w’ingabo wa TAFOC, abari ba herereye mu bice bya Komine ya Minembwe, ba manutse kwa Mulima, ho muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Nk’uko bya vuzwe n’uko bariya basirikare bamunutse mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/01/2024. Gusa icyaba cyabajanye muri ibyo bice kugeza ubu ntikirabasha kumenyekana.

Abasirikare b’u Burundi bageze ku misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu kwezi kwa Cyenda, umwaka w’2022.

Ninyuma y’ubwumvikane bwa leta ya Bujumbura na Kinshasa. Muricyo gihe umuvugizi w’ingabo z’u Burundi, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bambutse muri RDC kurandura inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya leta ya Perezida Evariste Ndayishimiye, avuga kandi ko Ingabo zabo zizamara igihe kingana n’Amezi atandatu.

Ibi byaje kuvugururwa muruzinduko rwa perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ubwo yerekezaga i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mwaka ushize.

Kuri ubu leta ya Kinshasa na Bujumbura, bemezanije gukorera hamwe kugira barwanye umutwe wa M23, aho ndetse binavugwa ko abasirikare ba manutse kwa Mulima boba berekeje mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwanya M23.

Minembwe Capital News, yavuganye n’umuturage uherereye mu Minembwe, Fidel Sinayigaye, maze agira ati: “Abasirikare ba Barundi bari ku Kiziba ku k’ibuga cy’Indege cya Minembwe, bahavuye baja kwa Mulima, nyuma y’uko ba manutse nta yandi makuru dufite kuribo, ariko birakekwa ko boba boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.”

Bruce Bahanda.

Tags: BerekejeIngabo z'u BurundiKwa MulimaMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails
Next Post
M23, yakoze impinduka mu gisirikare cyabo mugihe hashize umunsi umwe gusa, bashinze ubuyobozi bwa gisivile bugenzura ibice uwo mutwe uyoboye.

M23, yakoze impinduka mu gisirikare cyabo mugihe hashize umunsi umwe gusa, bashinze ubuyobozi bwa gisivile bugenzura ibice uwo mutwe uyoboye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?