• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye muri RDC zagize ibindi zisabwa bikomeye.

minebwenews by minebwenews
September 20, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’umuryango w’Abibumbye muri RDC zagize ibindi zisabwa bikomeye.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye muri RDC zagize ibindi zisabwa bikomeye.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umunyamabanga mukuru w’ungirije w’umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro muri Loni, Jean-Pierre Lacroix, mu ruzinduko arimo muri RDC yasabye ingabo z’u muryango w’Abibumbye gufatanya na FARDC ndetse n’ingabo za SADC mu kurinda abasivile no kugarura amahoro muri ibyo bice.

Uru ruzinduko uyu mutegetsi yarutangiye ku wa gatatu tariki ya 18/09/2024, akaba yaranasuye ingabo za Monusco ziri ahitwa Mubambiro, hafi ya Sake , mu Burengerazuba bw’u mujyi wa Goma.

Yahumurije aba bashinzwe kubungabunga amahoro n’umutekano anabashishikariza kugira uruhare rusesuye mu nshingano zabo zo kurinda abasivili, asaba iz’i ngabo z’umuryango w’Abibumbye gufatanya n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ( FARDC) ndetse n’ingabo za SADC zoherejwe mu butumwa bwiswe SAMIDRC.

Ni ubutumwa bwafashwe na bamwe mu bakurikiranira hafi umutekano wo mu karere nk’uhamagarira byeruye Monusco kwinjira mu mirwano FARDC ihanganyemo n’umutwe wa M23.

Amakuru avuga ko uyu mutegetsi ko yashimangiye ibyo avuga ko yiyemeza gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu kugiha ibikenewe ngo bakore akazi neza no gukemura izindi mbogamizi bafite.

Aha, yasuye kandi ibigo bitandukanye by’ingabo ndetse n’icyumba cyo kubagiramo abarwayi kiyobowe n’ingabo za Malawi.

Iki cyumba cyubatswe mu mezi abiri ashize, cyita ku bakomeretse mu ntambara, cyane cyane abasivili n’abasirikare ba leta ya Kinshasa.

Muri icyo kigo niho abakomeretse babanza guhabwa ubutabazi bw’ibanze mbere yo kwimurwa i Goma. Lacroix yagaragaje icyizere abasirikare ba Loni baha abasivil muri kariya gace bavuga ko kabangamiwe n’inyeshamba za m23.

Yashimiye ingabo za MONUSCO ku bikorwa byazo, nubwo ibintu bitoroshye.

Yagize ati: “Dufite ubutumwa bugamije kurengera abaturage. Muri ako karere hari urujya n’uruza rw’abantu bavanwa mu byabo. Nizera ko tugomba gukora ibishoboka byose kugira ngo tubigereho nubwo bitoroshye. Abaturage bafite abafatanyabikorwa, barimo MONUSCO, bakora ibishoboka byose kugira ngo bagabanye imibabaro yabo, babarinde, ariko kandi bazane amahoro.”

            MCN.
Tags: Jean Pierre LacroixLoniMonuscoYasabwe ibindi bikomeye
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

Bukatoko soars 25% as Indonesia's biggest IPO fuels tech excitement

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?