• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Jaynet Laurent Désire Kabila, ari gushakishwa n’iperereza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko risahuye utwe.

minebwenews by minebwenews
March 16, 2024
in Regional Politics
2
Jaynet Laurent Désire Kabila, ari gushakishwa n’iperereza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko risahuye utwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Jaynet Laurent Désire Kabila, akaba na mushiki wu wahoze ari perezida wa RDC Joseph Kabila Kabange, ari gushakishwa n’urwego rw’i perereza rw’igisirikare cya FARDC muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni bikubiye mu ibarua yanditswe n’uwungirije urwego rw’iperereza ry’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, Major Gen Ndaywel Okula Christian.

Iyi barua ikaba ivuga ko “bitewe n’amakuru urwego rw’iperereza bashaka kumenya, turasaba ko Jaynet Laurent Désire Kabila, ku biro by’iperereza bya Demiap, kandi akazaza y’itwaje iyi barua yo hererejwe.”

Uyu mukobwa w’u wahoze ari perezida Laurent Désire Kabila, ahamagawe mu gihe ishirahamwe ahagariye rya Laurent Désire Kabila Foundation, riheruka gutangaza ko “tariki ya 13/03/2024, abakora mu iperereza ko baje bagasaka ibiro by’iyi Foundation, bakanajana imitungo ya kamaro.”

Iryo tangazo kandi rya Laurent Désire Kabila Foundation, rya vugaga ko “abigabije ibifite akamaro, batatwaye gusa ubutunzi ko hubwo batwaye na statue ya se, kandi barayangiriza.

Bakomeje bavuga ko ibyo byakozwe ku manywa yihangu, ko kandi ibi urwego rw’iperereza babikoze ku nshuro ya Gatatu.

Iri shirahamwe rikavuga ko urwego rw’iperereza rikora ibyo batitwaje impapuro zibi bemerera.

Itangazo rya Laurent Désire Kabila Foundation, ryasozaga rivuga ko nyuma yuko urwego rw’iperereza rusahuye ibyabo ko baje bagatwara naza Computer, disk, muri zimwe zari zikomeye, telephone n’ibindi bintu bifite agaciro. Banatwaye kandi n’imyenda yambarwa harimo n’inkweto.

Sibyo byonyine kuko bafunze n’abakozi ba biri biyi Foundation.

           MCN.
Tags: DemiapFardcIperereza rya gisirikareJanetLaurent desire Kabila foundation
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haramukiye ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, haramukiye ibitero bikaze by'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa.

Comments 2

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Niko iyo ipfuye n’amagi arabira

  2. Libby Evans says:
    2 years ago

    Hi there,

    We run an Instagram growth service, which increases your number of followers safely and practically.

    We aim to gain you 300-1000+ real human followers per month, with all actions safe as they are made manually (no bots).

    The price is just $60 (USD) per month, and we can start immediately.

    Let me know if you are interested and have any questions.

    Kind Regards,
    Libby

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?