• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ku Bwegera, umutekano waho ukomeje kuzamba, nimugihe Abanyamulenge benshi bahunze naho Wazalendo n’Abarundi bakomeje guhangana.

minebwenews by minebwenews
November 5, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u Bwegera, muri Cheferie ya b’Apfulero, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo,umutekano ukomeje kuzamba, aho Wazalendo na Barundi bakomeje guhangana bakoresheje intwaro za Gakondo.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Byavuzwe ko Abanyamulenge, bahunze k’ubwinshi bahunga iyo myivumbagatanyo ihanganishijije Wazalendo na Barundi bomu Kibaya ca Rusizi.

Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ay’amakuru n’uko muntambara yabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023, hagati ya Wazalendo n’Abarundi, yaguyemo Wazalendo benshi, aho byemejwe ko mu Gitondo, co kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 05/11/2023, hatoraguwe imirambo yabariya Wazalendo. Imirambo imwe igaragara ko yishwe n’inkoni abandi bigaragara ko bishwe n’amasasu, nk’uko iy’inkuru ibivuga.

Kugicamunsi cyokuri uyu wo ku Cyumweru, imishamirane yabo Wazalendo n’Abarundi, yarikomeje gusa abasirikare ba FARDC bagerageje kubihosha.

Naho ahagana isaha z’umugoroba (5:00Pm), kumasaha ya Minembwe na Bukavu, itsinda rinini rya Wazalendo bazamutse muri Quartier y’Abanyamulenge, baturiye Bwegera, bateza umutekano muke nimugihe barwanyije bariya Banyamulenge, bakoresheje inkoni n’Amabuye n’imipanga. Ibi byaje gufata intera Wazalendo bafata abagabo babiri ba Banyamulenge, aribo Nyabagabo na Mathias, barabakubita cyane aho ndetse Mathias we bahise bamutema m’urubavu arakomereka bikabije. Kuri ubu Mathias namugenzi we bari mubitaro.

Uyu mwuka mubi hagati ya Wazalendo n’Abarundi, watereye abaturage b’impande zose guhunga byavuzwe ko Abapfulero benshi ko bahunze ndetse n’Abanyamulenge.

Isoko yacu dukesha ay’amakuru, avuga ko Wazalendo bashinja abo mubwoko bw’Abanyamulenge gushigikira Abarundi, ariho byahereye bagaba ibitero mubice bituwe n’abaturage bo mubwoko bw’Abanyamulenge.

Twabibutsako iriya mirwano hagati ya Wazalendo n’Abarundi, yahereye k’umunsi w’ejo hashize tariki 05/11/2023, aho Wazalendo bakubise byogupfa Chef wa Groupement ya Barundi, muri Cheferie ya Bapfulero, birangira Abarundi batabaye Chef wabo imirwano iba iratangiye. Gusa imvo yabyo ikomoka kukuba FARDC yarahaye impuzakano ingabo z’u Burundi banga kuyiha Wazalendo.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abanyamulenge bahunzeKubwegeraUmutekano uhagaze nabi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

SADC kohereza ingabo zabo M'uburasirazaba bwa RDC, ngobishobora gutwara igihe naho Tanzania yo ntangabo izohereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?