• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ku ntambara ihuza M23 n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, perezida Félix Tshisekedi yagereranijwe na Juvénal Habyarimana wigeze kuyobora u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2024
in Regional Politics
0
Ku ntambara ihuza M23 n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, perezida Félix Tshisekedi yagereranijwe na Juvénal Habyarimana wigeze kuyobora u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo yagereranijwe na Juvénal Habyarimana wahoze ari perezida w’u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mukiganiro senateri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda akaba n’umunyamategeko muri icyo gihugu, Uwizeyimana Evode, yagiranye n’igitangaza makuru cyo mu Rwanda, cya IGIHE, yavuze ko Tshisekedi akora nk’ibyo Juvénal Habyarimana yakoze ubwo Inkotanyi zatangizaga urugamba rwo kubohoza u Rwanda.

Avuga ko Tshisekedi yavuze ko M23 irwanira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuva mu 2012 atari umutwe w’Abanyekongo ahubwo ngo ni Abanyarwanda bashotora igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagamije ibikorwa birimo gusahura umutungo kamere.

Uwizeyimana yasobanuye ko M23 igizwe n’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, bisanze ku butaka bwa RDC bitewe n’imipaka yaciwe n’abakoloni kuva mu 1895.

Avuga ko iyo Tshisekedi yita M23 Abanyarwanda, abakora ikora rikomeye, ridashobora kugira icyo rimufasha mu gukemura amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa.

Ati: “Niba barakase imipaka abakatiweho imipaka bakajya muri RDC, ubundi bagomba kubyumva nta yandi mananiza ko abo bantu ari Abanyakongo. Kuvuga ko ari Abanyarwanda bagomba gusubizwa iwabo, iryo ni ryo kosa rya mbere rihari ubuyobozi bwa Congo bukora.”

Yakomeje avuga ko amagambo ya Tshisekedi ameze nk’ayo Habyarimana yavuze mu kwezi kwa Cumi, umwaka w’ 1990, ubwo Abanyarwanda bari bagize RPF Inkotanyi batangizaga urugamba kuri Ex-Far baturutse muri Uganda aho babaga nk’impunzi.

Yagize ati: “Bihita binyibutsa ibintu Juvénal Habyarimana yigeze gukora na minisitiri w’u banye n’amahanga icyo gihe, witwaga Casimir Bizimungu. Inkotanyi zigitera, yari yavuze ko yatewe n’u Bugande.

Ati: “Minisitiri we yavugaga ngo arashaka kuganira n’u Bugande kuko ari bwo bwa muteye ariko nyuma, bigaragara ko afitanye ikibazo n’impunzi z’Abanyarwanda babujijwe gutaha kugeza ubwo zifata icyemezo cyo gufata Imbunda ngo zitahe ku mbaraga.”

Tshisekedi na Guverinoma ye, banze kuganira na M23 bagasobanura ko bashaka kuganira n’u Rwanda kuko ngo rwihishye mu gicucu cy’uyu mutwe wa M23. Uyu munyamategeko yokomeje kuvuga ko ibyo bisa n’ibyavuzwe n’ubundi na Bizimungu.

Maze Uwizeyimana asoza avuga ko uruhande rurushwa imbaraga mu ntambara rugomba guca bugufi, rukemera ibiganiro. Maze avuga ko leta ya Kinshasa yari kwiriye guca bugufi kugira ngo ishake umuti wigisubizo kirambye ku ntambara imaze imyaka myinshi muri icyo gihugu.

    MCN .
Tags: Ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDCTshisekedi Tshilombo yagereranijwe na Juvénal Habyarimana wigeze kuyobora u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Katolika muri Congo, yakije umuriro ubutegetsi bwa Kinshasa, ibushinja gushigikira guhungabanya umutekano w’a baturage.

Katolika muri Congo, yakije umuriro ubutegetsi bwa Kinshasa, ibushinja gushigikira guhungabanya umutekano w'a baturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?